Reba ubusobanuro n’imyitwarire by’abantu bitwa amazina akurikira(AGACE KA MBERE)
Yanditswe: Thursday 26, Apr 2018
Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga bamwe mu bantu bitwa aya mazina akurikira.
Joseph,
Akunze kuba ari umunyakuri,umunyamigisha,ari inyenyeri y’abandi ndetse (...)
Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga bamwe mu bantu bitwa aya mazina akurikira.
Joseph,
Akunze kuba ari umunyakuri,umunyamigisha,ari inyenyeri y’abandi ndetse rimwe na rimwe aba ari umuvumbuzi,arangwa n’ibitekerezo byubaka ikindi kandi akaba ari umunyamurava,afite impano yo kuyobora ahanini akamenya no gukemura ibibazo,kandi akaba ari wa muntu utahangayikishwa nuko atarangije ibyo yatangiye ahubwo akabiharira abandi,akorana umurava mu kazi ke ndetse aba yizerera mu mategeko.
Louise,
Louise ni wa muntu ugira Ubuntu ariko ubwo buntu bwe akabugira ku muntu uzamwishyura,ahorana Morale,arasabana kandi akaba ari n’umunyabwenge,ikindi ahora ashaka ubwiza kandi akaba ari wa muntu ukora ikintu aruko yabanje kugitekerezaho,aba yumva yayobora abandi,ni umukozi mwiza kandi akaba ari wa muntu ugira umutima ukomeye,aba yumva yakora ibitandukanye niby’abandi,kandi akikundira Politiki,n’ubuhinzi.
Theogene,
Yishimira kuba yayoborera buri wese mu bubasha bwe,agakora icyo we ashimye abandi batashimye,kandi iyo bimushobokeye buriya ngo agira ibitekerezo byiza,arangwa n’amarangamutima mubyo akora byose,agira impuhwe,ni wa muntu utekereza yewe ni nawe muntu ushobora kubitsa ibanga nta rimene,akunda gutenga amatwi cyane ndetse akunda ibirori kandi na none akunda kwiyoberanya.
Ornella,
Ni wa muntu wihangana kandi ugira n’umutima ukomeye,iyo urebye ngo aba ari umunyeshuli mwiza wakira ubumenyi mu buryo bworoshye kandi akanabukoresha neza,ashobora kuba ari umwere cyangwa umunyabyaha,akunze kurwana n’ibibazo bye bucece ntawe abibwiye,ahora we yumva yahora mu mutuzo,akunze na none kwishimisha mu buzima,mu rukundo,gutembera kandi ibyo yiyemeje aruhuka aruko abirangije atitaye ku ngaruka mbi ari bugiriremo,akunze kuba ari wa muntu uvugisha ukuri ndetse wubahiriza na gahunda.
Desire,
Desire aba ari umunyembaraga mu buryo bwose,akunze kuba ari umushoramari ndetse aba ari n’umukozi mwiza,haba mu mitekerereze ndetse no mu bikorwa ikindi akunze gufata imyanzuro neza atagize uwo abangamira,bitewe n’imiterere ye ,ituma abona umwanya mwiza mu kazi akora,ikindi ni wa muntu unjya wikaruma rimwe na rimwe,arangwa n’ikinyabupfura ndetse n’ibitekerezo byubaka,Iyo afite inzu ye atuje akunda umuryango we wose ndetse akanawitaho,akaba ari n’umuyobozi mwiza w’urugo ugendera ku murongo,ikintu kiba mu mutima we ni ubutabera ndetse n’ukuri.
Agnes,
Umunyembara uhambaye kandi wihagararaho,Agnes ntabwo aba ari umwubatsi gusa ahubwo aba azi no guhiga agahigura,aba yumva abantu bose bagendera kubyo we ashaka cyangwa ku bitekerezo bye,aba ashaka ko nta muntu wa mugenga ahubwo we akigenga,akunda ubushakashatsi,aba ari wa muntu uzi icyo ashaka kandi n’impamvu agishaka,iteka ahora ategereje igihe yazabonera amahirwe maze agakora imirimo ye ntawe umutegeka akora buri kimwe mu nzira ze.
Eric,
Ni wa muntu mushobora kwemeranya ikintu ariko mu minota micye ukabona arahindutse,ibintu akora byose ntabwo biba bigenda nkuko abishaka,akunda kwidangadura,we ubwisanzure nibwo aba ashyira imbere,Eric ntabwo anjya abona umwanya wo kuruhuka kuko ahora ahugiye mu bintu bitandukanye,ahinduka vuba,ni wa muntu uba afite igikundiro,ikindi kandi Eric ahora ashaka ikintu yakora kugira ngo ayobore abandi,Agira impano yo kwishakishiriza icyerekezo cye ndetse no kuzagera kucyo yifuje mu buzima.
Esther,
Esther nawe ni wa muntu mwumvikana ku kintu ariko mwatandukana gato mwakongera guhura ugasanga yahinduye ibitekerezo,mbese muri make arahindagurika,ahanini nibyo akora usanga bigoramye,akunze kwidangadura,nawe yikundira ubwisanzure nka Eric,gusa we akaba ari wa muntu uhorana Morale ndetse akunze kuba afite n’igikundiro,akunze gutembera kandi ni wa muntu ushima,yikundira kuvuga cyane,umuhaye igihano wamwicisha irungu.
Richard,
Richard akunze kuba umunyamategeko kuko bimuba mu maraso,icyo yatangiye cyangwa yatangije aruhuka aruko kirangiye,ni umunyembabazi ndetse akunda no gufasha abantu,ni wa muntu wirekura,akunze kugira umwanya wo kuruhuka,ikindi kandi yemera icyo ahawe cyose,agira impano yo kuyobora,ubushoramari,ubucuruzi,ubuhanzi ndetse n’ubushakashatsi mu bya Science,ahora kandi yumva ko yakorera iperereza ku kibazo cyananiranye,mu byukuri kandi ngo ni wa muntu uba yumva yakwisumburaho mu buryo bw’ubwenge.
Yvette,
Ahoerana umuhate wo guharanira ubwisanzure mu buryo bugaragara inyuma,bwo mu bitekerezo ndetse no mu bw’umubiri,yanga akarengane,agira urukundo rurobanura ibyiza gusa,yanga umuntu umugira inama,yikundira ubushoramari n’ubucuruzi gusa bitewe n’imyitwarire ye akunze guhora yicuza kuko akenshi imubangamira mubyo akora,ikindi kandi akunze gukora ikintu mwibanga ubundi akacyerekana aruko cyarangiye mu rwego ngo rwo kwerekana ubuhanga ndetse n’ubushobozi bwe.
Pauline ,
Pauline agira umutima woroshye cyane,akunda abantu, azi kubana, aca bugufi kandi ashaka ubwumvikane mbere ya byose. Ntago ajya ahisha ikimurimo, iyo yishimye urabibona n’iyo atishimiye nabwo ntabihisha. Pauline akenera umuntu umwerekera, umwereka inzira akwiriye kunyuramo kubera ukuntu akunda kugira akantu ko gushidikanya no kutiyizera. Guhitamo biramugora cyane, akunda ibintu bisa neza kandi biri kumurongo, mbese ibintu bijyanye. Iyo atanezerewe mu rukundo n’akazi karapfa kuko iyo atishimye ibintu byose arabireka n’imishinga yarafite akayiparika.
Clovis ,
Clovis agira igikundiro, ni umuntu ushyira mu gaciro agatekereza adashyizemo ibikabyo cg amarangamutima ku inzira zose yacamo kugirango agere ku ntego ye kandi mu buryo bufatika. Ntago ashiturwa n’ibije byose kandi ntan’ubwo apfa gucika intege, ibi bigatuma akenshi agera ku nzozi ze. Clovis kandi ntago agendera ku bitekerezo by’abandi, ntago ari nyamujya iyo bigiye we akomeza inzira yiyemeje uko byagenda kose. Intege nke zizira ku bantu akunda kuko ntacyo apfa kubima. Iyo agusezeranije ikintu aragikora, agira ikinyabupfura ariko akagira ikibazo cyo kutamenya gutegereza kuko yanga ikintu cyose cg umuntu umutesha igihe. Clovis ntajya yihanganira akarengane kuburyo akubonye urenganya umuntu no kurwana yarwana.
Nyuma yaya mazina tukaba tubijeje ko tuzajya tugenda nubundi tubasobanurira imyitwarire y’andi mazina muzagenda mudusaba ko twabasobanuriraho, ahanini usanga ngo 90% y’imyitwarire y’aba bantu iba ihura n’ubu busobanuro.
Ibitekerezo
ILDEPHONSE
ndashakako muzansobanurira izina
Patherne
ndashaka ko muzansobanurira izina Denyse
munsobanurire izinadamas
Mudushakire ubusobanuro bw’izina marcellee murakoE
triphine bisobanuye iki
Muzasobnurire straton
Muzasobnurire izina cyriaque
Muzasobanure izina bonheur
Musobanurire Nina
Muzansobanurire Rose
Ayo se ni amazina?
Muzambwire Silas
muzasobanurire Vincent
muzansobanurire Elie
muzansobanurire :jean d’Amour na Florence’
muzadusobanurire jeanine
Lydie, Alyzee,Fabiola,Juvenal ayo amazina abayafite nateye gute
Muzadusobanurire Izina Fabrice
Muzadusobanurire trajan
muzansobanurire
khavia
Munsobanurire izina Francoise
Nibyiza kutubwira amazina icyo asobanuye
Muzansobanurire izina alseni
Muzansobanurire izina alseni
Munsobanurire izina Wivine na yvan
Munsobanurire amazina Wivine na Ivan
muzansobanurire Moise,Maurice, Diane
Mudusobanurire Izina (Angelo)
Mudusobanurire Izina (Angelo)
Mudusobanurire izina Ivy na Lily
mudusobanurire izina Reverien , Leoncie,Ivan, Amanda.
mudusobanurire izina "Biden"
nimusobanurire epaphroodit na Cheira
muraba mukoze
Munsobanurire izina Jennifer nararibuze
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
munsobanunrire izina Delphine n’izina Melody
mudusobanurire janviere
Mudusobanurire izina ryitwa: Amanda
mudusobanurire izina kiane
musobanurire berthile
Ubusobanuro
izina Kevine nubusobanuro ninyitwarire ye
Munsobanurire Dasliva,Fernandinho,Juniar
Ubusobanuro
gusobanurirwa izina delphine
gusobanurirwa izina delphine
ayamazina ni sawa kbx nanjye muza nshakire ubusobanuro n’imyitwarire ya Epaphrodite murakoze mugire amahoro
Ibi nzabyemera cyane rwose nanjye muzambwire Annualitte bisobanuye iki?
nifuz ubusobanur bwizin colette
ndashakako
munsobanurira
jatine navalens
murukundorwabo
UBUSOBANURO BWIZINA KENED
Mfite izina n’ubusobanuro bwaryo n’ibiranga iryo zina
munsobanurire izina kenny
mubwire ubusobanuro bwa sandra, noella, thaciane. dianuelson
muzansobanurire. speciose,froduard,jacques,devotha,sandrine,
mwamfasha kumenya ubusobanuro bwa Bosco nimyitwarire ye?
Nitwa Athanase ndashaka ko munsobanurira aya mazina: Athanase,damour hamwe na rodrigue. Murakoze.
ndashaka ubusobanuro bw’izina Maricienne cg Mukamurenzi
ubusobanuro bwamazina yange
Mwansobanurira Christine na Abdoul
Mwansobanurira Christine na Abdoul
Agira umujinya mubi
AMAZINA ABIRI
muzansobanurire Lionel
munsobanurire izina valantin
mwansobanuriye Elyse
mutsoba nurire orivier
Muzasobanurire izina tito oy
Mwansobanurira aline,jean baptiste
Muzansobanurire izina ELINE
Ndifuza komunsobanurira izina Guian nimyitwarire ye
muzansobanurire amazina akurikira: j.m.v/ora/honorata
Muraho neza? Ubutaha muzadusobanurire izina cyliaque muzabamukoze cyane.
ubusobanuro bw aline
.muzadushakire ibiranga izina ildephonse
Bruno
Laurence
muzashakire ubusobanuro bwa Damascene mumpe nimbwitwarire imuranga. murakoze
Ubusobanuro bwayo mazina
Mwabwira izina shekina
ubutaha muzansobanurir izina jonas
Rwose muvuga ukuri, akenshi birahura imyitwarire n’amazina muba mwatanze
Ndifuza ko ubutaha mwadusobanurira izina Ryker/Biolla/Musaphir
ndabikunze
Murakoze! muzaduso banurire imyitwarire yabantu bitwa prudencien
nashaka mundabire ROXETTE hamw na PASCASIE
Mwambiye Samia na Angelot
Ndashaka ko munsobanurira ayamazina Gerardine na chrisostome kuburyo burambuye
ndashaka ko mudusobanurira izina Bernice,Joyeuse,Vestine,Bladock na Tharisa
nifuzagako mwabwira aya mazina: sylvestre, Laurent na daphrose murakoze
Muzadusobanurire nizina wellars
Ndifuza kumenya igisobanuro k’izina OLGA
Ndashaka ubusobanuro bwizina fleurie
Thania insobanuro
Ndashaka ubusobanuro bw’izina Kevin n’imyitwarire ye ibyo akunda nibyo yanga nibimugora murakoze
Izina sciena
Mbanje kubashimira kubusobanuro bw’amazina muduha bigahuza nuko dusanzwe tuzi umuntu.munsobanurire izina Ephrem.murakoze
Insiguro yizina chadrack na grâce
Ndabashimiye cyane kubwibi bisobanuro Gusa Nange munso banuriye byaba byiza, murakoze
Nitwa Laurette mwansobanurira izina Laurette risobanura ik
Muzadushakire izina Mechack
Muzadushakire izina Mechack
Mwazatubwira kwizina [email protected]
Ndasha ubusobanury bwizina jean marie vianney
Mwaramutse nshaka ubusobanuro bw’izina Kingston
Murakoze!mwazashakira izina Reverien icyorisobanura murukundon’inkomoko yaryo.
Murakoze ariko munsobanurire izina amoni
Mwiriwe mwatubwiye izina Espoir icyobisobanura nicyo akunda nicyo yanga murabamukoze
Munsobanurire Edison na Edissa
Ndashaka ubusobanuro bwizina munezero fredaus
Ndifuzako mwambwira igisobanuro cy’izina protais thx.
mwiriwe mwansobanuriye izina WAKANDA
Muzansobanirire izina Rose
Muzansobanirire izina Rose
Munsobanurire izina Onesphore
Shaka ubusobanuro BWI zina betty
Muzansobanurire izina thèonestine
Ubusobanuro bwizin Owen
ubusobanuro bw,izina ishimael
muzasobanurire TUMUSIFU
Nifuzaga kumenya ubusobanuro bwa rimwe mu mazina yange
Ndashaka ko mutsobanurira imico nimyitwarire yo muriryo Zina
Musobanurire izina cynthia nimyitwarire ye
Mwongereho amazina menshi naya Chinese
Nshak ubusobanur bw’izina Alain na Placide
Nifuza kimenya ubusobanuro nimico
cg imyitwarire y’abantu bitwa Agatha.
Murakoze.
Murakoz muza nsobanurire claude ,samuel,ishimwe
ndashak muzansobanurir izin assoumpt
Ubusobanuto bwizina neilla
Ubusobanuro bw’ izina Mignone
Muzansobanurire izina damour
Igisobanuro cyiza Yvonne
Igisobanuro cya Grâce
Niyihe nsobanuro?
Niyihe nsobanuro
ndashaka ubusobanuro bwaya mazina:
Jaël, Declane bibaye byiza mwampa tel yanyu nkabavugisha cg mukamvugisha kuri 0783649371 Murakoze!
Munsobanurire izina ryanjye 0789233151
Mumpe ubusobanuro bw’izina Primitive
Izina Chantal risobanura iki
Munsobanurire izina saranda
Munsobanurire izina Promesse mwambona kuri [email protected]
You are unkownless
Munsobanurire izina umuhoza
Nange munsobanurire Ghislainne
Munsobanurire abanu bitwa ba Kamikazi,Lucky ,julia
Ugisobanuro
Munsobanurire izina dorcas
Munsobanurire iryo zina
Basobanurire izina Latifa
Ubusonuro bwizina ryajye
Musobanure honore
People should always try to be polite
Mubwire ubusobanuro bwizina milliam
Mumbwire nanjye
Mume ubusobanuro bwizina Dativa
mwansobanuriye izina Rosine na venuste
Munsobanuriri izina meshake
Munsobanuriri izina meshake
Ubusobanuro
Bwa patrick
Munsobanurire Divine icyorivugamurakoze
To know what Mary explains
Munsobanurire ayamazina yombi innocent na cynthia
munsobanurire winnie
Munsobanurire izina Cara.
Ndashaka ubusobanuro bw’izina Cara.
ubusobanuro n’imyitwarire by’apscaline
ubusobanuro n’imyitwarire by’apascaline
ubusobanuro bwiri zina
Ndashaka ubusobanuro bwizina fortune
Nanjye nimubwire ubusobanuro nibiranga abantu bitwa ba Phocas.
Munsobanurire izina Eric nukobitwara.
ubusobanuro bwa lispa
Munsobanurire nuko aba ameze
Izina nema
gusobanura izina tresor
munsobanurire protegene
Uko aba ameze
munsobanurire izina ZITA,ALSENE,LODRIGUE
Irizina Jonas nyiraryo ateye ate Kandi rivuga iki?
Igisobanuro cyizina Beline na Parfait
Munsobanurire izina tyran
Munsobanurire izina jeadine,olive
Munsobanurire izina cessy murakoze
Ndashaka munsobanuriri abantu bayitwa barangwa n’iki, Delphine,Tharcise, solange, josiane, liriane
Ubusobanuro bwizina Isheja, Shayne, bianca
Iyimyitwarire niyo pee ahubwo muzansobanurire jean D’Arc
Musobanure izina mucyo .murakoze
Mutagatifu Deny yaranwe n’iki mumiberehoye?
Ndasabako mwabwira mwansobanurira izina florent
Ndasabako mwabwira mwansobanurira izina florent
Ndasabako mwabwira mwansobanurira izina florent
Ndifuza ko mwazansobanurira aya mazina atatu
Amuri
Amisa
Aliane
Murakoze
Muzasobanurire
Ignace
Mwampaye ubusobaniro ni myitwarire bya magellan
Ndashaka ko munsobanurira izina murakoze
Kwira umwana
ubusobanuro bwizina elysee
Eg nivyo pe mwubahwe
Ubusobanuro bwizina
ubusobanuro bwa ba Rebecca
So ndabashimira cyn iyi gahunda ninziza cyn kuk ituma dusobanukirwa imico n’imyitwari y’abaduhora iruhande so munsobanurire izina "CORRINE" Murakoze.
Jessica bisobanuye iki?
BANYITA NIBIGIRA MURATWIKA KWL
Munsobanurire izina Goudance
Imyitwarire yizina FILS
Mudusobanurire izina delice? Kdi dushimishwa nubu busobanuro muduha,murakoze
Mwatsobanuriye jovine
Ndashaka ubusobanuro bwi ryo zina
Ewn ni wan kbx
Mutsobanurire frank na theogene
muzaduhe ubusobanuro bw izana obed
Ubusobanuro
Emmanuel Arangwaniki
Risobanura iki?
Ndashaka ko muzama ubusobanuro Bwizina Edisa
Mubwire izina Bellawila icyobisobanuye
Mutsobanurire izina Rukundo nimyitwarireyabo
Nshaka munsobanurire izina Gemima ndetse na Layna murakoze
Mwasobanuriye iryo zina
Mwansobanuriye confiance ni muntu ki?