Perezida Mugabe yahaye muramuwe akayabo k’amadorali abaturage bicira isazi mu jisho
Yanditswe: Monday 24, Jul 2017
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 yatunguye muramu we ku isabukuru y’amavuko, amuha impano y’amadolari ya Leta zunze ubumwe z’Amerika 60,000 mu manyarwanda ararenga miliyoni 51
Ikinyamakuru cya Leta ya Zimbabwe cyatangaje ko nubwo mu gihugu hari ibura ry’amafaranga bitabujije Mugabe n’umugore we Grace guha aya mafaranga Junior Gumbochuma (mukuru w’umugore wa Mugabe) wizihizaga kuri iki cyumweru isabukuru y’amavuko y’imyaka 60 abonye izuba.
Daily monitor ivuga ko Ubukungu bwa Zimbabwe (...)
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 yatunguye muramu we ku isabukuru y’amavuko, amuha impano y’amadolari ya Leta zunze ubumwe z’Amerika 60,000 mu manyarwanda ararenga miliyoni 51
Ikinyamakuru cya Leta ya Zimbabwe cyatangaje ko nubwo mu gihugu hari ibura ry’amafaranga bitabujije Mugabe n’umugore we Grace guha aya mafaranga Junior Gumbochuma (mukuru w’umugore wa Mugabe) wizihizaga kuri iki cyumweru isabukuru y’amavuko y’imyaka 60 abonye izuba.
Daily monitor ivuga ko Ubukungu bwa Zimbabwe bumaze imyaka ibarirwa mu icumi bucumbagira, n’amafaranga akaba yarataye agaciro ku uryo bukabije bituma abantu batonda imirongo ku mabanki babikuza nibura amadolari 20.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *