skol
fortebet

Umwigisha w’abayisilamu w’imyaka 40 yafashwe ari gusambanya umwana w’imyaka 16

Yanditswe: Tuesday 21, Jan 2020

Sponsored Ad

Umwigisha w’Abayisilamu [Imam] witwa Sheik Kafero Muhammad Abdullah w’imyaka 40 wayoboraga umusigiti wa Bilali uherereye ahitwa Bwaise yatawe muri yombi na polisi nyuma yo gufatwa ari gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 16 mu iduka.

Sponsored Ad

Uyu Imam utuye muri zone ya Nabukaru zone mu gace ka Kawempe,yafashwe mu ijoro ryo kuwa Kane w’icyumweru gishize ari gusambanya uyu mwana w’umukobwa mu iduka rye.

Uyu mwana w’umukobwa uyu Imam yarimo asambanya yiga mu mashuri yisumbuye ku kigo cyitwa Bumutanzi.

Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kampala, Luke Owoyesigyire,yemeje ifungwa ry’uyu Imam gusa avuga ko yahise atangira gukorwaho iperereza.

Ibitekerezo

  • Ubusambanyi bukorwa na millions nyinshi ku isi.Nicyo cyaha kizarusha ibindi kubuza abantu paradizo.
    Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa