skol
fortebet

Politiki

Trump yeretse ibyamamare byanze kuzamuririmbira arahira ko byimajije ubusa

Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu (...)

Umwanzuro wa Loni kuri Israel watumye Senegal ihagarikirwa inkunga

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kitazubahiriza ibyo (...)

Boko Haram ibyayo birasa n’ ibyarangiye

Perezida Muhammadu Buhari wa Nijeriya yatangaje ko igisirikare cy’ iki gihugu cyafashe ikambi ya (...)

Perezida Jammeh wanze guhara ubutegetsi agiye kugabwaho igitero

Ibihugu bihuriye muri Afurika y’u Burengerazuba (Ecowas), byiyemeje ko isaha iyo ariyo yose (...)

Uburusiya bwunamiye Amb. Karlov uherutse kurasirwa muri Turikiya

Uburusiya bwunamiye Andrei Karlov wari ambasaderi wabwo mu gihugu cya Turkiya, uherutse kwicwa (...)

Cote d’Ivoire: Abakandida bigenga mu matora y’abadepite batunguranye

Mwenedata Gilbert, wigeze kuba ahatanira umwanya mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda mu matora (...)

Sylvester Stallone ‘Rambo’ yanze umwanya w’ ubuyobozi yahawe na Trump

Icyamamare mu gukina amafilimi benshi bazi nka ’Rambo’ Sylvester Stallone yanze umwanya w’ (...)

Dr Nkosazana yeretse Afurika inyungu u Rwanda rukura mu koroshya urujya n’ uruza

Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Dr Nkosazana Dlamini Zuma yatangaje ko (...)

Inteko itora yemeje bidasubirwaho ko Donald Trump ariwe Perezida wa USA

Inteko itora kuri uyu 19 Ukuboza 2016 yemeje ko Perezida Donald Trump ariwe Perezida wa 45 wa (...)

Ban Ki- Moon yitandukanyije na Perezida wa Koreya y’ Epfo

Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye Ban Ki- Moon yitandukanyije na Perzida w’ igihugu (...)

Perezida Mugabe w’ imyaka 92 agiye kongera kwiyamamaza

Ishyaka Zanu-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe ryemeje ko perezida Robert Mugabe azongera (...)

Perezida Mugabe yahaye gasopo abahatanira kumusimbura

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yabwiye ibihumbi by’ abamushyigikiye bo mu ishyaka akomokamo (...)

Umunya Nigeria yagizwe Umunyamabanga mukuru wa Loni wungirije

Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres kuri uyu wa kane, yagize (...)

Impunzi z’ Abarundi zasabwe gufatira urugero kuri Ntibantunganya wahoze ari Perezida watahutse ntiyicwe

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi irimo PISC na CAPES+ yahamagariye (...)

Perezida wa Philippine yavuze ko yishe abantu abaziza ibiyobyabwenge

Perezida wa Philippine Rodrigo Duterte yemeye ko ubwe yishe abantu yita ‘Inkozi z’ ibibi’ barimo (...)

0 | ... | 2220 | 2235 | 2250 | 2265 | 2280 | 2295 | 2310 | 2325 | 2340 | 2355