skol
fortebet

Umutekano

Urujijo ku rupfu rw’ umuvandimwe wa Perezida wa Koreya ya Ruguru

Mu gihe amakuru avuga ko umuvandimwe wa Perezida wa Koreya Ruguru yiciwe muri Malaysia, Koreya (...)

Loni irashinja igisirikare cya Congo Kinshasa kwica abarenga 100

Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku Burenganzira bw’Ikiremwamuntu ryatangaje ko igisirikare (...)

Koreya ya Ruguru irasabirwa inama y’ igitaraganya

Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Ubuyapani na Koreya y’ Epfo birasaba akanama k’ umutekano k’ (...)

Afurika y’ Epfo: Abadepite bacecekesheje Perezida Zuma, hakurikiraho imirwano (VIDEWO)

Mu nteko ishinga amategeko ya Afurika y’ Epfo abadepite batavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Perezida (...)

Amerika yishe 11 barimo inshuti magara ya Bin Laden

Abasirikare ba Amerika bishe abantu 11 bo mu mutwe wa al-Qaeda barimo uwakoranye bya hafi na (...)

Kinshasa: Imvura idasanzwe yahitanye 4 inangiza byinshi

Abantu bane nibo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’ imvura idasanzwe yaguye mu murwa mukuru wa (...)

Sudani y’Epfo:Umusirikare uzajya ufata umusivili ku ngufu azajya araswa

Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir yatangaje ko umusirikare uzagaragarwaho n’ibikorwa byo (...)

Abantu batamenyekanye bishe abasirikare babiri ba Congo basiga babibye

Abasirikare babiri b’ igisirikare cya Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo FARDC (...)

“Ikibazo kizaba kuri Amerika kizabazwe abacamanza” Trump

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabye ko nihagira ikibazo kiba kuri iki (...)

Burundi : Imfungwa zigaragambije zimenagura ibikoresho

Imfungwa zifungiye muri gereza nkuru ya Rumonge, iherereye mu Majyepfo y’u Burundi, bazindukiye (...)

Amerika yaburiye Koreya ya Ruguru ku ntwaro z’ ubumara

Minisitiri w’ ingabo wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika James Mattis yavuze ko Koreya ya Ruguru (...)

Cameroun: Bakoze imyigaragambyo simusiga yo kwamagana igifaransa

Mu mujyi wa Bameda, mu gihugu cya Cameroun, kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 (...)

Uganda: Minisiteri y’ Ubuzima yafashwe n’ inkongi y’ umuriro

Inyubako ikorerwamo na Minisiteri y’ Ubuzima ya Uganda yibasiwe n’ inkongi y’ umuriro ku gicamunsi (...)

Philippine: Abagororwa benshi batorotse gereza

Abantu benshi bitwaje intwaro bagabye igitero kuri imwe muri gereza zo mu gihugu cya Philippine (...)

Trump yahinyuye ibyatangajwe na Perezida wa Koreya ya Ruguru

Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika yamaganiye kure (...)

0 | ... | 2820 | 2835 | 2850 | 2865 | 2880 | 2895 | 2910 | 2925 | 2940 | 2955