skol
fortebet

Kicukiro : Uwacitse ku icumu rya Jenoside yishwe n’ abantu babanje guteragura ibyuma umuzamu w’ igipangu

Yanditswe: Thursday 13, Apr 2017

Sponsored Ad

Iribagiza Christine warokotse Jenoside yakorewe abatutsi wari utuye mu murenge wa Niboyi mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, yishwe n’ abantu bamunize bamusanze mu cyumba cye.
Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Mata 2017.
Abo bagizi ba nabi babanje gutera ibyuma umuzamu wo mu rugo rwa Nyakwigendera bamusiga baziko yapfuye barakomeza basanga uwo mubyeyi mu nzu bamunigisha umugozi kugeza ashizemo umwuka, ariko babanje kumuzirika.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda ACP (...)

Sponsored Ad

Iribagiza Christine warokotse Jenoside yakorewe abatutsi wari utuye mu murenge wa Niboyi mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, yishwe n’ abantu bamunize bamusanze mu cyumba cye.

Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Mata 2017.

Abo bagizi ba nabi babanje gutera ibyuma umuzamu wo mu rugo rwa Nyakwigendera bamusiga baziko yapfuye barakomeza basanga uwo mubyeyi mu nzu bamunigisha umugozi kugeza ashizemo umwuka, ariko babanje kumuzirika.

Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda ACP Theos Badege yatangaje ko polisi yatangiye iperereza kuri ubu bwicanyi.

Uwo muzamu kuri ubu arimo gukurikiranwa n’ abaganga gusa abamubonye bavuga ko ubuzima bwe butameze neza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa