skol
fortebet

Me Umuhire wari umuhuzabikorwa wa MAJ mu karere ka Nyanza yasezeweho bwa nyuma [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 01, Nov 2019

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 01 Ugushyingo 2019, ku rukiko rukuru ku Kimihurura habaye umuhango wo gusezera Me Umuhire Claudine witabye Imana tariki ya 29 Ukwakira 2019 azize urupfu rutunguranye.

Sponsored Ad

Uyu nyakwigendera wari Umuhuzabikorwa zitanga ubufasha mu by’amategeko [MAJ] mu Karere ka Nyanza ndetse wabaga no mu rugaga rw’Abavoka,yitabye Imana azize urupfu rutunguranye mu gitondo cyo kuwa Kabiri,ubwo yari avuye iwe mu karere ka Muhanga agiye kwa muganga.

Uyu munsi nibwo nyakwigendera arashyingurwa nyuma yo gusezerwaho bwa nyuma na bagenzi be bakoranaga ndetse n’indi mihango itandukanye.



Ibitekerezo

  • Niyigendere.Yari akiri mutoya.C’est le chemin de toute la terre (ni iwabo wa twese).Nobody can escape death.Impamvu twese turwara,tugasaza kandi tugapfa,nuko duturuka kuli DNA/ADN ya Adamu yanduye amaze gukora icyaha.
    Ariko nk’abakristu,tujye twemera tudashidikanya na busa yuko abantu bose bapfa bumviraga Imana,ntibibere mu gushaka ibyisi gusa,ahubwo bagashaka n’Imana bakiriho nkuko Yesu yadusabye,azabazura ku munsi wa nyuma akabaha ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Ni Yesu ubwe wabivuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Muli Matayo 6 umurongo wa 33,Yesu yasize adusabye “gushaka mbere na mbere ubwami bw’Imana”.Aho kutabyemera cyangwa gushidikanya,dukore kugirango tubeho,tubifatanye no gushaka Imana kugirango izatuzure kuli uwo munsi utari kure.Ntabwo iyo dupfuye tuba twitabye Imana nkuko benshi bavuga.Siko bible ivuga.Ahubwo abumvira Imana izabazura kuli uwo munsi.Abakora ibyo Imana itubuza,kimwe n’abibera mu byisi gusa,Bible yerekana ko batazazuka. Iyo bapfuye biba birangiye batazongera kubaho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa