skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Rayon Sports na APR FC bakoreye imyitozo hanze y’umugi wa Kigali mbere yo gucakirana

Ikipe ya Rayon Sports yakoreye imyitozo I Rugende mu rwego rwo kwitegura umukino wa 3 w’igikombe cy’intwali mu gihe ikipe ya APR FC yo igomba gukorera imyitozo I Shyorongi . Aya makipe y’amakeba...
31 January 2018 Yasuwe: 1216 0

Mkhitaryan yatangaje amagambo yababaje abafana ba Manchester United

Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan yatangaje ko yari akumbuye gukina umukino usatira nyuma yo kuva mu ikipe ya Manchester United ishinjwa kugarira cyane yerekeza mu ikipe ya Arsenal mu minsi ishize....
30 January 2018 Yasuwe: 1999 0

Sanchez yatangiye guteza ibibazo muri Manchester United

Umukinnyi Alexis Sanchez yatangiye guteza umwuka mubi mu rwambariro rw’ikipe ya Manchester United kubera umushahara yahawe byatumye abakinnyi bakomeye muri iyi kipe batangira kwifuza kongezwa....
30 January 2018 Yasuwe: 5488 0

Manzi Thierry yavuze ko nta kipe yo hanze baravugana

Myugariro Manzi Thierry ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports yanyomoje amakuru yavugaga ko ari gushakwa n’amakipe menshi yo hanze y’u Rwanda nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya CHAN nubwo...
30 January 2018 Yasuwe: 750 0

Nshuti Savio ntatewe ubwoba n’ikipe ya Rayon Sports

Umukinnyi Nshuti Savio Dominique yatangaje ko adatewe ubwoba n’ikipe yahozemo Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa nyuma w’igikombe cy’intwali uteganyijwe ku wa Kane taliki ya 01 Gashyantare 2018 nyuma...
30 January 2018 Yasuwe: 797 0

Muhire Kevin wasuzuguye Rayon Sports yaje kuyisaba ibyangombwa

Muhire Kevin wavuye mu ikipe ya Rayon Sports nta ruhushya ndetse akagaragaza imyitwarire mibi mu ntangiriro z’iyi shampiyona,yongeye kugaruka mu myitozo y’iyi kipe ku munsi w’ejo taliki ya 30...
30 January 2018 Yasuwe: 1246 0

Uburanga bw’umukobwa wanze gukundana na Cristiano Ronaldo [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Rhian Sugden yatunguye abantu benshi kubera kwanga gukundana na rutahizamu Cristiano Ronaldo ubwo yari agikinira ikipe ya Manchester United mu gihgu cy’Ubwongereza. Benshi bibeshya...
29 January 2018 Yasuwe: 4185 0

Hagaragaye imyambarire idasanzwe mu bihembo bya Grammy Awards [AMAFOTO]

Ibihembo ngarukamwaka bya Grammy Awwards byaraye bitanzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho abahanzikazi nka Rita Ola,Rihanna Beyonce n’abandi batandukanye bitabiriye ibi bihembo mu myambarire...
29 January 2018 Yasuwe: 1403 0

Savio Nshuti yatangiye imyitozo muri APR FC

Umukinnyi Nshuti Dominique Savio uherutse gusinyira ikipe ya APR FC avuye muri AS Kigali,yatangiye imyitozo muri iyi kipe ye nshya uyu munsi, mu rwego rwo kwitegura gucakirana na Rayon Sports mu...
29 January 2018 Yasuwe: 1142 0

Rwatubyaye yasinye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports arimo kuzamugira kapiteni

Myugariro Rwatubyaye Abdul umaze iminsi ari mu mvune yongereye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports aho muri yo harimo ingingo ivuga ko agomba kuzaba kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports mu minsi...
29 January 2018 Yasuwe: 2045 0
0 | ... | 23850 | 23860 | 23870 | 23880 | 23890 | 23900 | 23910 | 23920 | 23930 | ... | 24090