skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Urukiko rwafashe umwanzuro ku rubanza rwari rwarezwemo Dr Pierre Damien Habumuremyi

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, rwahagaritse urubanza rwari rwarezwemo Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, ku kirego cy’umwishyuza miliyoni 3,2 Frw. Iki cyemezo...
16 November 2022 Yasuwe: 1510 0

FARDC yataye imbunda irahunga isiga FDLR ihanganye na M23

Mu gace ka Tongo habereye imirwano ikomeye yatumye abasirikare ba FARDC bafunyamo n’amaguru, basigira urugamba umutwe wa FDLR. Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga...
16 November 2022 Yasuwe: 5728 1

Minisitiri Bayisenge yahaye igisubizo abifuza ko inkwano yakurwaho

Hamaze iminsi impaka mu Banyarwanda ziganjemo kwinubira ukuntu inkwano isigaye yarabaye ikiguzi aho kuba ishimwe ry’umuryango wabyaye umukobwa ukamurera kugeza ashyingiwe. Benshi bagiye basaba...
16 November 2022 Yasuwe: 3853 1

Cristiano Ronaldo yagaragaye asa n’ushwana na mugenzi we bakinana muri Portugal

Cristiano Ronaldo yagaragaye asa n’ushwana na Joao Cancelo bari mu myitozo y’ikipe y’igihugu cyabo cya Portugal,kiri kwitegura igikombe cy’isi 2022. Mu mashusho yagiye hanze,yagaragaje uyu mukinnyi...
16 November 2022 Yasuwe: 1882 0

Donald Trump yatangaje ko aziyamamaza muri 2024 kugira ngo arokore US

Donald Trump yatangaje kumugaragaro ko aziyamamaza mu matora ya perezida ya 2024 mu ijambo ryibanze ku kunenga uko politiki n’ubukungu bya Amerika bihagaze ubu. Ari mu rugo rwe rwa Mar-a-Lago...
16 November 2022 Yasuwe: 569 0

Rutahizamu w’Ubufaransa wari witezwe mu gikombe cy’isi yavunikiye bikomeye mu myitozo

Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo kugongana na Eduardo Camavinga mu myitozo, ahita ava mu bakinnyi izakoresha mu gikombe cy’isi muri...
16 November 2022 Yasuwe: 1987 0

Polonye yayobewe uwayirasheho igisasu cya Misile cyishe abantu babiri

Pologne (Poland) ivuga ko nta "gihamya ntakuka" ifite ku wagabye igitero cy’ibisasu bya misile byaguye mu cyaro cyo muri icyo gihugu hafi y’umupaka na Ukraine, bikica abaturage babiri b’abasivile....
16 November 2022 Yasuwe: 1013 0

Umusesenguzi Hassan Muhire yagaragaraje akaga amakipe azahura nako nyuma y’igikombe cy’isi

Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo igikombe cy’isi 2022 kibere muri Qatar aho cyashyizwe mu mpera z’umwaka aho kuba mu mpeshyi nkuko byari bisanzwe mu bikombe byabanje. Impamvu nyamukuru iri rushanwa...
15 November 2022 Yasuwe: 2234 0

Habuze uwakuraho agahigo k’umugabo wari ufite izuru rirerire cyane wabayeho mu kinyejana cya 18

Umugabo wari ufite izuru rirerire ku isi yatumye benshi bacika ururondogoro kuri interineti nyuma y’ifoto ye yashyizwe hanze. Bwana Thomas Wedders, ukomoka i Yorkshire, yamenyekanye cyane mu...
15 November 2022 Yasuwe: 2702 0

Uhuru Kenyatta yerekeje I Goma hafi y’ahari intambara ya FARDC na M23

Uhuru Kenyatta yerekeje i Goma mu burasirazuba bwa DR Congo kuwa kabiri, mu gihe imirwano y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta ubu ivugwa muri 20km uvuye muri uwo mujyi. Biteganyijwe ko uyu...
15 November 2022 Yasuwe: 3056 0
0 | ... | 4790 | 4800 | 4810 | 4820 | 4830 | 4840 | 4850 | 4860 | 4870 | ... | 23830