skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kiyovu Sports yakoze ikintu gikomeye nyuma yo kwegura kwa Mvukiyehe Juvenal

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports Association bwaganiriye, busaba Juvenal Mvukiyehe gukomeza kuyobora Urucaca nyuma yo kwegura ku munsi w’ejo. Mvukiye Juvenal wabaye umuyobozi wa Kiyovu Sports kuva mu...
30 September 2022 Yasuwe: 1909 0

Ndimbati yagizwe umwere

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Uwihoreye Jean Bosco uzwi ku izina rya Ndimabati umwere. Umukinnyi wa Filimi,Uwihoreye Jean Bosco, uzwi nka Ndimbati wamenyekanye cyane muri Filimi...
29 September 2022 Yasuwe: 3294 0

Kylian Mbappe ntacyifuza Neymar Jr muri PSG

Umubano wa Kylian Mbappe na Neymar muri Paris Saint-Germain ukomeje kuba mubi cyane muri uyu mwaka w’imikino ndetse ngo ubangamiye bikomeye ubwumvikane bw’ikipe. Biravugwa ko Mbappe adashaka na...
29 September 2022 Yasuwe: 2587 0

Rubavu: Havumbuwe ibisasu 6 ahakorwaga umuhanda

Abakoraga umuhanda uva mu Murenge wa Rugerero ujya mu wa Rubavu mu Karere ka Rubavu,bavumbuye ibisasu bitandatu. Ahabonetse ibi bisasu ni mu gace kigeze kubonekamo ibindi bisasu 50. Muri uyu...
29 September 2022 Yasuwe: 1530 0

Baretse akazi kari kabatunze bagasimbuza kuzenguruka isi none binjiza akayabo

Umugabo n’umugore baretse akazi bakoraga kugira ngo bazenguruke isi hamwe n’umwana wabo muto,none ubu yinjiza 6.000 by’amapawundi buri kwezi. Uwahoze ari umuganga Jenna Carr w’imyaka 33 na Joao...
29 September 2022 Yasuwe: 1891 0

Mushiki wa Cristiano Ronaldo yatutse bikomeye abafana ba Portugal

Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Katia Aveiro,yatutse abafana b’ikipe y’igihugu cya Portugal bibasiye musaza we nyuma yo kurakazwa n’uko yitwaye nabi mu mukino batsinzwemo na Espagne igitego 1-0...
29 September 2022 Yasuwe: 1723 0

Chelsea irashaka gusinyisha abakinnyi 3 bifuzwa n’amakipe menshi akomeye

Biravugwa ko ikipe ya Chelsea ishaka gusinyisha abakinnyi 3 barimo Jude Bellingham, Declan Rice na Christopher Nkunku mu rwego rwo gufasha Todd Boehly kuzama impinduramatwara kuri Stamford...
29 September 2022 Yasuwe: 1759 0

Burundi: Ukuriye abasirikare afunzwe azira gutanga amategeko nabi ku rugamba benshi bagapfa

Umusirikare w’u Burundi wari uyoboye urugamba muri RDC yafunzwe azira gutanga amategeko nabi bigatuma abasirikare benshi bapfa abandi barakomereka. Ikinyamakuru UBM News dukesha iyi nkuru...
29 September 2022 Yasuwe: 3240 0

Mvukiyehe Juvenal wayoboraga Kiyovu Sports yeguye

Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi w’ikipe ya Kiyovu Sports kuva muri 2020, yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite no kuba abona atazabasha kugera ku ntego yemereye umuryango w’urucaca. Yavuze...
29 September 2022 Yasuwe: 1959 0

Rulindo: Imodoka 2 zagonganye umuntu umwe ahita ahasiga ubuzima

Impanuka ikomeye yabereye Shyorongi mu karere ka Rulindo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Nzeri 2022, yaguyemo umuntu umwe abandi 15 barakomereka cyane. Ikamyo yerekezaga Kigali yagonze Minibus...
28 September 2022 Yasuwe: 3101 0
0 | ... | 5450 | 5460 | 5470 | 5480 | 5490 | 5500 | 5510 | 5520 | 5530 | ... | 23930