skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kuririmba neza inzoga ya "SKOL PULSE" bizahesha umuhanzi ukizamuka kujya gukorera Nigeria-Ibisabwa

Uruganda rwenga inzoga zisembuye rwa SKOL,rwatangije amarushanwa ku bahanzi batazwi ryo kuririmba indirimbo isingiza ikinyobwa cya "PULSE" ruheruka gushyira hanze hanyuma uzahiga abandi azahabwa...
20 August 2022 Yasuwe: 685 0

Erik Ten Hag yasabye abakinnyi ba United ibintu 3 mbere yo guhura na Liverpool

Umutoza Eric Ten Hag wa Manchester United yasabye akomeje abakinnyi be gukina nk’ikipe no kubaha amabwiriza. Ikipe ya United iri ku mwanya wa nyuma muri Premier League,nyuma yo gutsindwa imikino...
20 August 2022 Yasuwe: 1912 0

Minisitiri w’Intebe wa Finland yapimwe ibiyobyabwenge nyuma yo kugaragara abyina

Minisitiri w’intebe wa Finland yavuze ko yapimwe ibiyobyabwenge, nyuma y’amashusho yagaragayemo aceza ari kumwe n’icyamamare mu muziki wa Pop. Sanna Marin w’imyaka 36, yashyizweho igitutu muri iki...
20 August 2022 Yasuwe: 1997 0

Ba bapilote basinziriye indege ikarenga ikibuga bahagaritswe ku kazi

Abapilote babiri b’indege basinziriye iri ku butumburuke bwa 11km barenga yari kugwa mbere yo gukanguka bakayigarura ikagwa neza, nk’uko ikinyamakuru ku by’indege kibivuga. Abashinzwe ingendo...
20 August 2022 Yasuwe: 772 0

Umugabo yafatanwe igikapu kirimo inzoka 15,inkende n’akanyamasyo yari yinjije mu ndege ari bizima

Inzoka makumyabiri,utunyamasyo tubiri n’inkende imwe byari bihishe mu dusanduku twabonetse mu mizigo yagenzuwe mu ndege yavaga i Bangkok, abayobozi bafata izo nyamaswa babikesheje amakuru...
20 August 2022 Yasuwe: 1642 0

Umugabo wari uherutse gukoresha ubukwe bwa miliyari yarohamye muri pisine ari mu kwezi kwa buki

Umucuruzi ukomoka mu Bwongereza ariko ufite inkomoko muri Uganda, Lawrence Kakooza,wari ufite imyaka 45, uherutse gushyingiranwa na Justine Nabwami mu bukwe bukomeye bivugwa ko bwatwaye...
20 August 2022 Yasuwe: 3149 0

Polisi yafashe imodoka zirenga 960 zidafite icyemezo cy’ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda yafashe imodoka 969 mu gihugu hose, zidafite icyemezo cy’ubugenzuzi bw’imiterere. Imodoka nyinshi muri zo zingana na 353 zafatiwe mu Mujyi wa Kigali mu bikorwa by’iminsi ine,...
20 August 2022 Yasuwe: 847 0

RURA yazamuye ibiciro byo gutwara abagenzi kuri moto

Urwego ngenzuramikorere,RURA,rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo za moto bizatangira kubahirizwa kuwa Mbere, tariki ya 22 Kanama 2022. RURA ishingiye ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri...
20 August 2022 Yasuwe: 1106 0

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Nyamvumba Andrew amuha ipeti rya Brigadier General

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Colonel Andrew Nyamvumba amuha ipeti rya Brig. General. Nyamvumba yaherukaga kuzamurwa mu ntera muri Nyakanga...
20 August 2022 Yasuwe: 1482 0

Manchester United yemeje ko yamaze kwegukana kizigenza Casemiro

Ntibikiri impuha cyangwa amagambo y’Itangazamakuru,ikipe ya Manchester United yemeje ku mugaragaro ko yamaze kugura kizigenza mu kibuga Hagati,Carlos Henrique Casimiro uzwi cyane nka Casemiro....
19 August 2022 Yasuwe: 730 0
0 | ... | 5970 | 5980 | 5990 | 6000 | 6010 | 6020 | 6030 | 6040 | 6050 | ... | 24040