Ibitero bibiri byagabwe n’intagondwa zo mu mutwe wa Kisilamu Al Shabab byahitanye abapolisi icyenda. Ibi bitero byagabwe muri Kenya, mu duce twa Mandera na Daadab ahegereye umupaka wa Somalia....
Umubare w’abantu bicwa n’icyorezo cya Ebola uragenda urushaho kwiyongera umunsi ku wundi. Ibi ni ibyatangajwe n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima WHO nyuma y’uko ku Cyumweru hagaragaye...
Ubwo Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuganiraga kuri terefoni na mugenzi we w’Ibirwa bya Filipine ari we Rodrigo Duterte yagize atya aba yise Perezida wa Koreya ya...