skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Gicumbi:Abagabo bari guta abo bashakanye bamaze gukura bakishakira abakiri bato

Mu Karere ka Gicumbi cyane cyane mu Murenge wa Nyankeke, haravugwa ikibazo cy’abagabo bata abo bashakanye bamaze gukura bakishakira abakiri bato, ngo ibi bikaba intandaro yo kubyara abo...
30 January 2020 Yasuwe: 2336 1

Amaze kuba ikimenyabose kubera ifoto yafotowe amaze gukina urusimbi bamuriye ibiceri 520 by’amanyarwanda bya...

Abakoresha imbugankoranyambaga, abenshi ndizera ntashidikanya ko babonye iyi foto, ni ifoto imaze kwamamara cyane yakwiriye isi yose iturutse muri Nigeria.
30 January 2020 Yasuwe: 8296 0

Kanye West niwe wayoboye amasengesho yo gusabira icyamamare Kobe Bryant n’umukobwa we [AMAFOTO]

Isi yose ikomeje kurira no gufata mu mugongo umuryango wa Kobe Bryant, icyamamare mu mukino wa Basket, yaguye mu mpanuka ya kajugujugu ahita apfa ubwo yarikumwe n’umukobwa we, Gianna Maria-Onore...
30 January 2020 Yasuwe: 6280 1

Mu mafoto reba uko byari byifashe mu mvura idasanzwe yaguye i Kigali[AMAFOTO]

Imvura idasanzwe yamaze umwanya munini igwa mu mujyi wa Kigali aho yakwirakwiye mu bice bitandukanye by’uyu mujyi bimwe muri byo bikagaragaramo umwuzuzure.
29 January 2020 Yasuwe: 12248 0

ShaddyBoo yahawe umukoro na Amb. Nduhungirehe Olivier

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier , yahaye umukoro Shaddy Boo wo guha ibikoresho...
29 January 2020 Yasuwe: 8359 0

Abashinwa bujuje ibitaro byo kwakiriramo abarwayi barenga 1000 banduye cya cyorezo kidasanzwe mu minsi 2...

Mu mpera z’Icyumweru gishize mu mujyi wa Wuhan mu Bishinwa mu gace kitwa Huanggang hatangiye kubakwa ibitaro bya mbere byo kwita ku bafashwe na coronavirus. Ubu byuzuye nyuma n’iminsi...
29 January 2020 Yasuwe: 4881 0

Gasabo:I Ndera haravugwa umukobwa bikekwa ko ari kuroga abasore bose bamubenze

Abaturage bo mu Murenge wa Ndera,Akarere ka Gasabo, bavuga ko batewe ubwoba cyane n’umukobwa bikekwa ko ari kuroga abasore bose bamubenze bagahita bapfa.
29 January 2020 Yasuwe: 3057 0

Indege ya Gisirikare muri Uganda yakoze impanuka yatwaye ubuzima bw’abantu barimo Maj. Naome Karungi

Ku munsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 28 Mutarama 2020,Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Richard Karemire yatangaje ko indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa Jet Ranger, nimero AF 302...
29 January 2020 Yasuwe: 5706 0

Abanyamahanga 100 batawe muri yombi na Polisi yo muri Afurika Y’Epfo

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yakoze umukwabu mu Mujyi wa Johannesburg, ita muri abanyamahanga ijana (100) badafite ibibaranga mu karere ka Diepsloot kari mu majyaruguru y’uyu...
29 January 2020 Yasuwe: 1223 0

Abanyarwanda basabwe kuba maso ku cyorezo kidasanzwe cy’inzige cyatangiye gusatira ibihugu bituranye n’u...

Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi RAB, kirasaba Abanyarwanda kuba maso no gutangira amakuru ku gihe mu gihe baba babonye ibihore bidasanzwe bisa n’ inzige kubera ko izi nzige zatangiye gusatira...
29 January 2020 Yasuwe: 2257 0
0 | ... | 2720 | 2730 | 2740 | 2750 | 2760 | 2770 | 2780 | 2790 | 2800 | ... | 7410