skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Rutamu Elie Joe yahishuye byinshi ku mishinga agiye gukorera mu Rwanda

Rutamu Elie Joe wamenyekanye cyane ku maradiyo atandukanye mu Rwanda mu biganiro by’imikino ndetse no mu kogeza imipira, nyuma y’igihe kinini yari amaze muri Amerika yagarutse mu Rwanda mu minsi...
17 September 2019 Yasuwe: 3172 0

Inzu y’igitangaza ya Mobutu wahoze ari Perezida wa Zaire yabaye itongo[AMAFOTO]

Muri politike ibintu birahinduka umunota ku wundi kandi iyo ukuwe kuri iyo ntebe y’icyubahiro akenshi usanga imitungo yawe iteshejwe agaciro nkuko imitungo ya Mobutu yateshejwe agaciro kandi yari...
17 September 2019 Yasuwe: 12103 2

Mutoni uzwi muri Filimi ya Seburikoko yakoze ubukwe bunogeye ijisho[AMAFOTO]

Umwe mu bakobwa b’ibyamamare mu ruhando rwa Cinema nyarwanda, Umuganwa Sarah benshi bazi ku izina rya Mutoni muri Film ya Seburikoko, yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru dusoje, bukaba bwaritabiriwe...
17 September 2019 Yasuwe: 3575 1

Intambara ya Eddy Kenzo n’uwamutwariye umugore irarimbanyije

Eddy Kenzo nyuma yo gusiga imbaraga zizamusubiza inyuma, cyera kabaye mu bitwenge byinshi, yabonye ibaruwa ishinja uwamutwariye umugore we ayihimuriraho.
17 September 2019 Yasuwe: 4177 0

Umunyamakuru wo mu Butaliyani yirukanwe azira Lukaku

Imwe mu mateleviziyo yo mu gihugu cy’Ubutaliyani, yatangaje ko itazongera gukoresha umwe mu ba-Pundits (abasesenguzi) bayo imuziza kuvuga amagambo arimo irondaruhu kuri rutahizamu Romelu...
16 September 2019 Yasuwe: 3347 0

Umugandekazi Jackie Chandiru wakoranye indirimbo na Urban Boys yabitswe ko yapfuye

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Uganda, zikomeje gucicikanaho amakuru avuga ko umuhanzi Jackie Chandiru wakoranye indirimbo n’itsinda ry’abaririmbyi rya hano mu Rwanda Urban Boyz, ashobora...
16 September 2019 Yasuwe: 5738 0

Niyomukiza Dynamique wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda yitabye Imana haburaga amezi 2 ngo yambare ikanzu y’abarangije...

Umukobwa witwa Niyomukiza Dynamique wigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda ibijyanye na Finance yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Nzeri 2019 azize uburwayi bwa kanseri...
16 September 2019 Yasuwe: 5761 3

Hahishuwe akayabo k’amamiliyari y’u Rwanda ikigega Agaciro kigezeho

Ubuyobozi bw’ikigega Agaciro Development Fund (AgDF), buratangaza ko mu myaka 6 ikigega kigeze kuri miriyari 194 kikaba cyaratangiranye amafaranga miriyari 18.5 ari nayo Abanyarwanda batangiye...
16 September 2019 Yasuwe: 3741 1

Reba amagambo umukinnyi wa Rayon Sports Rutanga Eric yabwiye umusifuzi ku munsi w’ejo bigatuma ahabwa ikarita...

Myugariro wa Rayon Sports wo ku ruhande rw’ibumoso akaba na kapiteni w’iyi kipe, Rutanga Eric avuga ko ikarita y’umutuku yaraye ahawe ku mukino wa Mukura VS, yagiye kubwira umusifuzi uko byari...
16 September 2019 Yasuwe: 7485 0

Intumwa za Uganda ziyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga ziri mu Rwanda

Kuri uyu wa mbere abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda baragirana inama, mu rwego rwo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi yashyiriweho...
16 September 2019 Yasuwe: 1178 1
0 | ... | 3890 | 3900 | 3910 | 3920 | 3930 | 3940 | 3950 | 3960 | 3970 | ... | 7410