Impuguke muri Banki y’Isi zatangaje ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu 20 byo muri Afurika biza imbere mu gukwirakwiza no kwegereza abaturage babyo umuriro...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 no kuwa gatandatu tariki ya 29 kuri Little Paris na Roxy Club hazwi nko kwa Nyanja hazabera ibitaramo bitandukanye,aho abantu bakunda kubyina ndetse no koga bazaba...
Miss Anastasie Umutoniwase na Gatsinzi uzwi nka Lee bigeze kugacishaho mu itangazamakuru bavuga ko bakundana ariko nyuma Anastasie aza gutangaza ko ari ababyara, kugeza ubu uyu musore yamaze...
Mu gihugu cya Ghana, umuhanzi uzwi ku izina rya Brother Sammy ukunzwe n’abatari bake mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,yatawe muri yombi ashinjwa kwamamaza imiti itemewe avuga ko ivura...
Mu minsi umuraperi P Fla aherutse kwifatira ku gahanga mugenzi we Ama G avuga ko uyu muhanzi atari umuraperi kuko nta n’indirimbo n’imwe ya rap yakoze, ngo uretse ibi kandi ntabwo azi injyana...
HeForShe Itsinda ry’urubyiruko rwishyize hamwe ruhuriye ku Mbuga nkoranyambaga mu mwaka wa 2014 maze bategura amarushanwa bise ’HeForShe’ mu rwego rwo kuzamura no guteza imbere Umwali...