skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Rihanna yaguze inzu y’igitangaza ku kayabo k’Amadorali y’Amerika(AMAFOTO)

Robyn Rihanna Fenty wamenyekanye cyane mu muziki ku mazina ya Rihanna,ni umuririmbyikazi w’umunyamerika wavutse tariki ya 20 Gashyantare 1988 ndetse ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe kandi bubatse...
27 August 2017 Yasuwe: 5077 2

Patoraking n’umukunzi we bibarutse umwana maze abafana bashidikanya ku munsi nyir’izina babyariyeho(AMAFOTO)

Umuririmbyi Patoranking wo mugihugu cya Nigeria uherutse gutaramira abanyarwanda mu gitaramo cy’iserukiramuco rya Kigali Up, uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 26,...
27 August 2017 Yasuwe: 1646 0

Eric Senderi mu mipango yo gushaka uburyo yagurira amagare abakunzi be baturiye Nyabarongo

Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
27 August 2017 Yasuwe: 1030 0

Amafoto ya Fearless ari mu mwambaro wa bikini yavugishije ibitandukanye n’abatari bake(AMAFOTO)

Umuhanzikazi w’umunyaRwanda, Keza Amina ukoresha izina ry’ubuhanzi rya Fearless yashyize hanze amafoto yambaye umwambaro abenshi bita uwo ku mazi”bikini” Aya mafo uyu muhanzikazi yayashyize hanze...
27 August 2017 Yasuwe: 2112 3

Abanyarwanda bakuriweho Viza ku berekeza mu bihugu 22 bikurikira-URUTONDE

Nyuma yuko u Rwanda rwiyemeje guha ikaze abanyamahanga bashaka kuruzamo bakabakuriraho visa abandi bakoroherezwa kujya bayisaba baramaze kugera mu gihugu, ubu noneho n’Abanyarwanda bakuriweho visa...
24 August 2017 Yasuwe: 26165 5

Menya ibyahishwe ku rukundo rwihariye ruri kuvuza ubuhuha hagati ya The Ben na Marina-AMAFOTO

Inkuru duheruka kubagezaho y’urukundo rwihariye The Ben agirana na Marina ariko nyuma bakaza kubihakana,nyamara ibimenyetso simusiga byageze hanze bihamiriza urukundo rudasanzwe rwaba bombi ndetse...
24 August 2017 Yasuwe: 16273 2

Muri Hip Hop Diamond yavuye imuzi abanzi be harimo n’umukobwa bivugwa ko babyaranye yise "Indaya" ndetse anishongora bikabije...

Iterana ry’amagambo hagati y’abahanzi bakomeye muri Tanzania. Arikiba na Diamond, aba bahanzi bombi bakunzwe cyane muri muzika ya Tanzania, buriwese aharanira kwiyita umwami ndetse Alikiba we...
23 August 2017 Yasuwe: 4794 1

Social Mula mu byishimo bidasanzwe nyuma y’ukwezi we na Nailla bamaze bibarutse Imfura yabo(AMAFOTO)

Umuririmbyi umaze kumenyerwa mu ndirimbo ziganjemo amagambo y’urukundo hano mu Rwanda,Mugwaneza Lambert uzwi nka Social Mulla yagaragaje ibyishimo atewe n’umwana we umaze ukwezi avutse ahita...
23 August 2017 Yasuwe: 3193 0

Umugore yatunguye imbaga y’abantu ubwo yagaragaraga mu muhanda afite icyapa cyanditseho ko ashaka umugabo(AMAFOTO)

Umugore witwa Pris Nyambura w’umunyakenyakazi w’imyaka 28 yazengurukanye icyapa mu mujyi mukuru Nairobi kiriho imyirondore ye cyamamaza ko ashaka umugabo wa mumurongora. Uyu mugore mu butumwa...
22 August 2017 Yasuwe: 3049 3

Uruganda rukora Impapuro z’isuku ruzwi nka SUPA rwafashwe n’inkongi y’umuriro(AMAFOTO)

Uruganda rukora impapuro z’isuku rwitwa SUPA rukorera mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kicukiro rwafashwe n’inkongi y’umuriro mu gice cyububiko ndetse n’imashini zikora izi mpapuro hamwe n’ibyo...
22 August 2017 Yasuwe: 2026 0
0 | ... | 6810 | 6820 | 6830 | 6840 | 6850 | 6860 | 6870 | 6880 | 6890 | ... | 7410