Muri Kamena mu 2023 nibwo umunyamakuru wa Kiss Fm akaba n’umwe mu bakora ikiganiro cya Televiziyo Rwanda, Ishya, Cyuzuzo Jeanne D’Arc yibarutse imfura ye.
Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe mu Kagari ka Busanza, yigejejwe u Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro aho agomba...