Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, kuko bakigera yo bahita batabwa muri yombi...
Umuhanzikazi Rihanna wamenyekanye cyane ku isi yatangaje ko ubu ari kwicuza kuba yarambaye utwenda tw’imbere ku karubanda ndetse agashyira hanze ubwambure bwe amurika imideli, avuga ko atazigera...
Nyuma y’uko n’ubundi agahigo ko kumara igihe kirekire mu rubura ku ruhande rw’abagore kari gafitwe n’umugore wo muri Poland, umugabo wo muri iki gihugu na we yaciye ake...
Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organisation), igaragaza ko abantu bagera kuri milliyoni 280 ku Isi barwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse hatagize igikorwa mu 2030...
Umuhanzi Jose Chameleon umaze kubaka izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yayo, yateguye igitaramo mu mpera za Kanama mu mujyi wa Kampala Aho itike ya macye muri iki gitaramo izaba ihagaze...
Si ubwa mbere wumvise ko umugabo cyangwa umusore yitabye Imana ubwo yari mu gikorwa cy’ibyishimo cy’imibonano mpuzabitsina we n’ uwo bashakanye cyangwa se uwo...