Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo(Liquidatar) Me BAGOMORA B.Charles
Ashingiye ku itegeko Numero 24/2021 RYO KUWA 27/04/2021 rigenga amakoperatue mu Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya...
Uwitwa SAFARI Eric yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KALISA ERIC mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari amazina...