skol
fortebet

Umusaza witwa Itegekaharinde yagiye kwa Perezida kumusaba ubufasha bw’ Ibitaro avuriramo indwara zananiranye

Yanditswe: Monday 24, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umusaza w’i Karongi akomeje gutangaza benshi kubw’ubuvuzi bwe avuga ko yahawe n’Imana guhera 2010.

Sponsored Ad

Uyu musaza amaze kuvura abarenga ibihumbi bine( 4000) indwara zabo zirakira nyamara byari byarananiranye kwa muganga .

Mubitwa abavuzi bavuza imiti bakura mu bimera niwe wenyine umaze gutinyuka kwandikira Perezida wa Repubulika, ndetse ajyayo kenshi asaba kubonana nawe ngo amuhe ubufasha bwo kubaka ibitaro.

Ngo kuva muri 2010 ubwo yahabwaga iyi mpano n’Imana nk’uko abyivugira, umusaza Itegekaharinde Jean Claude ukomoka mu karere ka Karongi umurenge wa Mubuga , amaze kuvura abarenga ibihumbi bine 4000(abo ni abo yabashije kwandika kuva 2010),ubwo yatangiraga kuvura indwara zari zaraniranye hirya no hino no mubitaro bitari ibya hano mu Rwanda gusa.

Ibi bishimangirwa n’amashusho yo mu buryo bwa video yakozwe y’abatanga buhamya benshi barimo abaturanyi n’abandi bo hirya no hino yavuye indwara zikomeye ushobora kwirebera.

Zimwe muri izo ndwara zikomeye yavuye zirimo nk’umuvuduko w’amaraso avura ugakira burundu, Diyabeti benshi bavuga ko idakira nyamara we afite benshi bamaze kuyikira n’abandi bari barwaye amakanseri y’amabere,ay’ibisebe bidakira n’ayo munda.
Abo bose yabashije kuvura ngo ubu barakize neza kandi bose babitangira ubuhamya nyuma yo kuzenguruka amavuriro menshi yarananiwe kubavura.

Ikindi kandi ngo kubavuga ko indwara y’ibisazi idakira, Umusaza Itegekaharinde Jean Claude we agaragara muri iyi video ari kumwe n’abakize indwara z’ibisazi,imitwe idakira, ibifu ,abarozwe n’abarozi bahoraga baribwa umubiri wose, n’izindi ndwara nyinshi ziterwa n’abarozi.

Uyu musaza Itegekaharinde Jean Claude , uvura izo ndwara zose akoresheje impano yahawe n’Imana, n’umuyoboke w’itorero ADEPR ,we n’umugorewe barisengeramo kuva kera ari naho baherewe iyerekwa ry’imiti bavurisha ababagana nk’uko babyivugira.

Kubijyanye n’isenyuka ry’ingo bitewe n’igikorwa cyo mu buriri kitagenda neza hagati y’abashakanye,(Ubushake buke ku mugore cyangwa umugabo no kurangiza vuba ku bagabo baguha umuti wizewe utangirwa ubuhamya n’abenshi.

Muzehe J.Claude yahariye ubwo burwayi umuhungu we bakorana mu kuvura ngo age yita kuri bene abo bafite ibyo bibazo, banyuze kuri Tel: 0788570346 iri no kuri WhatsApp
Izindi ndwara zisaba gusuzumwa uhamagara Muzehe Jean Claude kuri Tel 0788271406

Ubu Muganga Jean Claude ari gukorera mu mujyi wa Kigali ku Gisozi hafi na university ya ULK.

Ushaka kuyoboza wahamagara kuri Tel 0788271406.

Ibitekerezo

  • Ariki aba yumva Perezida yakura he frw yo kumwubakira. Ibitaro? Nito yayabona, abavuga ko bavura izi ndwara ni bemshi, ubeo se abandi bo nibasaba iyi nkunga!.
    Nymva aba baganga bakeishyira hamwe bakandikira Minisitii eubuIma akabafasha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa