skol
fortebet

Udushya

Umugabo washatse umukecuru umurusha imyaka 46 yavuze akaga gakomeye yamuteye bagatandukana

Umugabo wo mu Misiri washakanye n’umugore ukubye kabiri imyaka ye yavuze ko batandukanye nyuma (...)

Abavandimwe babiri bahuje imbaraga bica umugabo wari uje gusura nyina nijoro

Abavandimwe babiri bo muri Kenya bagejejwe imbere y’urukiko nyuma yo guhuza imbaraga bagakubita (...)

Pasiteri yakijijwe n’amaguru ubwo abayoboke be bashakaga kumwica bamuziza kunyereza amafaranga yabo

Umupasiteri w’ahitwa Tana River muri Kenya yakijijwe n’amaguru ubwo yazaga kubwiriza agasanga (...)

Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo intare zashakaga kumwicira mu myiyereko

Umugabo ushinzwe gutoza intare yahuye n’akaga gakomeye ubwo yinjiraga aho zari zifungiwe (...)

Umupolisi ari mu mazi abira nyuma yo guhemukira bikomeye umukunzi we

Umupolisi wubatse wo muri Pennsylvania, muri Amerika,afunzwe akurikiranyweho icyaha cyo kuniga (...)

Umugore ushobora kuba ariwe ukuze kurusha abandi bose ku isi yavuze amagambo akomeye ku isabukuru ye

Umukecuru w’imyaka 117 bikekwa ko ariwe mugore ukuze cyane ku isi,yizihije isabukuru ye (...)

Umwana w’imyaka ibiri yaciye ibintu nyuma yo kwivana iwabo akagenda ibirometero bisaga 4 n’imbwa z’iwabo

Ubuyobozi bwavuze ko umukobwa w’imyaka 2 yateye impungenge iwabo nyuma yo gukora urugendo (...)

Umugabo uzwi yishwe n’ikimasa cyamusanze ahaberaga imikino

Umugabo wari ufite abana babiri yishwe n’ikimasa mu birori by’iserukiramuco muri (...)

Umwe mu bayobozi b’ikipe yateye inda umukinnyi ayobora birukanwa bose

Umwe mu bayobozi b’ikipe y’abagore yitwa Fountain Gate Princess FC yo muri Tanzania, yahise (...)

Umupolisi yiguriye isanduku ihenze azashyingurwamo nyuma yo kwicukurira imva

Umupolisi wo muri Tanzania witwa Patrick Kimaro, w’imyaka 60 y’amavuko, umwaka ushize wa 2022 (...)

Umucamanza yateje impaka kubera ibyo yakoreye mu ngoro y’urukiko

Umucamanza wo muri Colombia yishyize mu bibazo bikomeye nyuma y’amashusho yagiye hanze arimo (...)

Umugabo yarohamye mu mugezi aburirwa irengero ubwo yifataga ifoto akanyerera

Abaturage batuye hafi y’umugezi wa Kiringa mu gace ka Gichugu, mu Ntara ya Kirinyaga,muri Kenya (...)

Umugabo n’umukobwa we babanaga nk’umugabo n’umugore bafashwe bamaze kwica impinja zabo

Umugabo witwa Piotr w’imyaka 54 n’umukobwa we Paulina Gierasik w’imyaka 20 bari bamaze imyaka ine (...)

Ababyeyi bo mu Buhinde babyaye umwana ufite intoki 14 n’amano 12 bavuga ko ari imana yazutse

Ababyeyi b’umwana wavukiye mu Buhinde afite intoki n’amano 26 bemeje ko uku ari kuvuka ubwa (...)

Urukiko rwaciye akayabo ibitaro kubera gusiramura nabi umuntu bikamuviramo gucibwa igitsina

Umusore w’imyaka 22 wo muri Malaysia waciwe igitsina cye bitewe no gusiramurwa nabi afite imyaka (...)

0 | ... | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | 180 | 195 | 210 | 225 | ... | 3555