skol
fortebet

Ubuzima

Imiti Irimo Ubumara yaguriwe Mu Buhinde yahitanye Abana muri Gambiya

Imiryango 20 y’abanyagambiya yapfushije abana nyuma yo kunywa umuti w’inkorora wakorewe mu (...)

Uganda: Muri Gereza haravugwa ubutinganyi na SIDA bikabije

Muri Uganda haherutse kuvugwa mu bitangazamakuru, ko abagororwa benshi bakomeje gukwirakwiza (...)

Inshinge zitera kugabanya ibiro zirakekwaho gutera uzikoresha ubushake bwo kwiyahura

Ikigo cy’ubugenzuzi bw’imiti mu Burayi cyatangaje ko kiri gukora isuzuma rya zimwe mu nshinge (...)

Kenya:Iby’abapfuye biyirije ubusa bikomeje gufata indi ntera

Mu mezi macye ashize nibwo muri Kenya hamenyekanye amakuru y’abaturage bategetswe na Pasiteri (...)

Kenya:Umupadiri yapfiriye mu cyumba cya Hoteli yari yazanyemo umugore

Joseph Kariuki wari umwe mu ba padiri ba Kiliziya Gatolika muri Kenya yitabye Imana aguye mu (...)

U Burundi:Bari mu kababaro ko kubura Ambasaderi wabo waguye mu Misiri bitunguranye

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane mu Burundi yatangaje kuri iki Cyumweru urupfu rwa (...)

Ku ikubitiro ibihugu bisaga 10 by’Afurika birahabwa Urukingo Rwa Malariya

Ibihugu 12 byo muri Afrika bigiye kubona urukingo rwa mbere na mbere rwa malariya.

Umugore yanze kumutekera inkoko ariyahura

Umugabo w’imyaka 45 y’amavuko wo muri Kenya yitwikiye mu nzu nyuma y’uko umugore we yanze (...)

Kenya:Abantu bakabakaba 50 batikiriye mu mpanuka y’ikamyo

Abantu nibura 48 bapfiriye mu mpanuka yo mu muhanda mu masangano y’imihanda aba arimo (...)

Titan yaturitse ibisigazwa byayo byasanzwemo n’ibyabo bwari butwaye

Mu bice bya Titan byabonetse habonywe ibikekwa ko ari ibisigazwa by’aba bagabo (...)

Kenya : Umuminisitiri yasabwe n’urukiko kwimura ubwiherero bwo mu nzu ye

Urukiko rwo mugihugu cya Kenya rwategetse Minisitiri Alfred Mutua, ushinzwe ububanyi (...)

Byarangiye ba bagabo batanu barimo abaherwe bari muri Titan byemejwe ko bapfuye

Abagabo batanu bari mu bwato Titan bujya hasi mu nyanja babupfiriyemo, nk’uko byemejwe na (...)

Ubwoba ni bwinshi ku buzima bw’abagabo 5 baburiye mu bwato bw’ubushakashatsi

Ibyitezwe kuri ba bagabo batanu bari mu bwato bujya hasi mu nyanja biteye ubwoba – uko amasaha (...)

Kenya: Umwe mu bari mu itorero ry’imperuka yapfiriye mu myigaragabyo yo kwiyicisha inzara

Umwe mu bantu 30 bafunzwe na polisi bacyekwaho kugira uruhare mu itorero rito ryo muri Kenya (...)

Yasekeje benshi: Yatanze ikirego ku rukiko nyuma yo gukurwa muri Group ya WhatsApp

Perezida w’Urukiko rwa Makindye muri Uganda, yategetse Admin wa Group ya WhatsApp yitwa ‘Buyanja (...)

0 | ... | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | 180 | 195 | 210 | 225 | ... | 1185