skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mu mafoto adasanzwe reba agace ka mbere ku isi gatatswe n’ibyiza gusa[AMAFOTO]

Agace kitwa Giethoorn ko mu Buholandi kari mu dukurura ba mukerarugendo benshi cyane ku isi bitewe n’uburyo kubatse, ntikagendwamo n’imodoka, ahakagiye imihanda hari imigezi isukuye igendwamo...
15 January 2019 Yasuwe: 5257 1

Diamond yajyanye Tanasha kumwereka umuryango basangira n’ifunguro rya ku manywa[AMAFOTO]

Umuhanzi Diamond Platnumz umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Afurika, yeretse umuryango umukunzi witwa Tanasha Donna Oketch ukomoka muri Kenya bitegura kuzarushinga mu gihe kiri...
15 January 2019 Yasuwe: 4440 0

Amafoto Yaciye Ibintu:Ifoto ya ShaddyBoo yambaye ikariso gusa umusore amuri inyuma igitsina cye cyahagaze yahungabanyije...

Shaddy Boo umubyeyi w’abana babiri b’abakobwa umaze kumenyekana cyane kubera gukoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye,mu cyumweru gishize nibwo yashyize hanze amafoto yambaye Bikini gusa...
14 January 2019 Yasuwe: 23408 1

Mu mafoto reba uburanga budasanzwe bw’abakobwa mutigeze mumenya bahataniye ikamba rya Miss Rwanda na Mwiseneza...

Abakobwa bazatoranywamo Nyampinga w’u Rwanda basangiye ifunguro rya mbere ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mutarama 2018 mu mwiherero w’ibyumweru bibiri bari gukorera mu Mujyi wa...
14 January 2019 Yasuwe: 9980 11

Mu muhango wo gushyingura umunyamidelikazi Alexia Mupende bikekwa ko yishwe n’uwari umukozi we wagaragayemo abayobozi...

Alexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri...
14 January 2019 Yasuwe: 6102 0

Ibyishimo ni byose kuri Umutoni Olive na Mwiseneza Josiane bagiye kuzanjya bararana mu cyumba kimwe[AMAFOTO]

Icyiciro cya nyuma cya Miss Rwanda 2019 cyakomeje aho abakobwa bagiye mu mwiherero bahawe ibyumba, babiri bagomba kubana mu cyumba kimwe ariko buri wese akazajya ahindurirwa uwo babana mu cyumba...
14 January 2019 Yasuwe: 5798 0

Wa munyamidelikazi w’Umunyarwanda uba i Burayi wemereye imodoka Mwiseneza Josiane yamubwiye igihe izamugereraho kuko...

Mwiseneza Josiane w’ imyaka 23 uri mu bakobwa 20 bagiye mu mwiherero uyu munsi yavuze ko abazamuha imodoka yamaze kuvugana nabo ndetse ko imodoka bazayimuha avuye mu...
14 January 2019 Yasuwe: 6345 1

Mwiseneza yavuze byinshi bimwerekeyeho birimo ibyo yaganiriye na Mimi wamwemereye imodoka na Young Grace ugenda amufasha mu...

Josiane Mwiseneza, ni ryo zina rukumbi ryihariye irushanwa rya Miss Rwanda 2019, ashyigikiwe by’ikirenga n’abantu b’ingeri zitandukanye ndetse hari bamwe basagutswe n’ibyishimo bamwemerera ubufasha...
14 January 2019 Yasuwe: 3289 1

Ndayitegeye n’umukunzi we ufite ubumuga bw’ubugufi unamurusha imyaka 20 basezeranye imbere y’Imana muri...

Ndayitegeye Aaron yasezeranye imbere y’Imana na Mukeshimana Josée bahamije isezerano ry’umubano wabo imbere y’Imana mu rusengero rwa ADEPR Paruwasi ya Taba mu Karere ka Huye, ubukwe bwabo...
13 January 2019 Yasuwe: 2779 0

Abafana batumye Mc Tino asubira gukora kuri Radio mu kiganiro cy’imyidagaduro kizaba ari icya mbere mu...

Umuhanzi,Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru Mc Tino abafana bakomeje kumusaba ko bakumbuye ijwi rye kuri Radio bituma afata icyemezo cyo gusubirayo noneho mu kiganiro cy’imyidagaduro kizaba...
13 January 2019 Yasuwe: 1890 2
0 | ... | 5500 | 5510 | 5520 | 5530 | 5540 | 5550 | 5560 | 5570 | 5580 | ... | 7410