skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kicukiro yakoresheje indege yahize utundi turere tw’umujyi wa Kigali mu bukangurambaga bwo kwirinda...

Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje uko Uturere tugize uyu Mujyi twarushanyijwe muri aya marushanwa y’ubukangurambaga bwo gukingira Covid-19 aho...
28 December 2021 Yasuwe: 1474 0

FC Barcelona yamaze kugura rutahizamu uri mu bafite impano idasanzwe

Ikipe ya FC Barcelona yamaze gutangaza ko yaguze Férran Torres w’imyaka 21 avuye muri Manchester City ndetse ikipe izamwifuza izishyura miliyari y’amayero. Ferrán Torres yinjiye muri Barcelona kuva...
28 December 2021 Yasuwe: 1959 0

FDA yahagaritse inzoga yitwa Umuneza na Tuzane zivugwaho kwica abantu bane

Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (Rwanda-FDA), cyahagaritse by’agateganyo inzoga ebyiri, iyitwa Umuneza na Tuzane zikekwaho guhitana ubuzima bw’abantu mu cyumweru gishize. Kuri...
28 December 2021 Yasuwe: 676 0

Samuel Eto’o yahaye ikipe y’igihugu ya Cameroon imodoka nziza cyane yo kugendamo [AMAFOTO]

Umuyobozi mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira muri Cameroun Samuel Eto’o, yahaye ikipe y’igihugu imodoka nshya ifite imyanya 70 nziza cyane. Ikinyamakuru kick442 cyatangaje ko kuri uyu wa mbere Samuel...
28 December 2021 Yasuwe: 2253 0

Umugabo yasize ubuzima mu irushanwa ryo kurya byinshi mu gihe gito yagiyemo kuri Noheli

Polisi y’ahitwa Kihihi muri Uganda iri gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo wapfiriye mu marushanwa yo kurya y’abatarabigize umwuga yateguwe n’abantu batandukanye, mu ijoro rya Noheri. Uyu...
28 December 2021 Yasuwe: 1622 1

Kylian Mbappe na Lewandowski bamaganye igitekerezo cy’umutoza Arsene Wenger

Kylian Mbappe na Robert Lewandowski bombi bagaragaje ko bitandukanyije n’igitekerezo cy’umuyobozi wa siporo muri FIFA,Arsene Wenger wifuza ko igikombe cy’isi cyajya gikinwa buri nyuma y’imyaka...
28 December 2021 Yasuwe: 2451 0

Rayon Sports imaze kubona akayabo nyuma y’umunsi umwe itangije gahunda yo kwishyura umukinnyi wayitsinze muri...

Nyuma y’iminsi ibiri gusa hatangijwe gahunda yo gukusanya amafaranga yo kwishyura rutahizamu w’Umunya-Cameroun Philippe Arthur Banen wareze Rayon Sports muri FIFA, hamaze gutangwa asaga miliyoni 7...
28 December 2021 Yasuwe: 2327 0

Australia: Ababarirwa mu magana bahawe ibisubizo bya Covid bitari byo kubera ikosa ryo muri ’laboratoire’

’Laboratoire’ yo mu mujyi wa Sydney muri Australia yabwiye abantu babarirwa mu magana ko nta Covid yabasanzemo nyamara barayanduye, mu gihe ubwandu burimo kwiyongera cyane muri ako karere. Iryo...
28 December 2021 Yasuwe: 364 0

Impanga zavutse zifatanye zahawe akazi aho zizajya zihembwa nk’abantu 2 batandukanye

Impanga zavutse zifatanye mu Buhindi ariko zigatabwa n’ababyeyi bazo zikivuka zabonye akazi kazo ka mbere ndetse zizajya zihabwa imishahara ibiri nk’abantu 2...
28 December 2021 Yasuwe: 2186 0

Senegal ntikije gukorera umwiherero mu Rwanda

Amakuru ari gucicikana mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nuko ikipe y’igihugu ya Senegal,itakije gukorera umwiherero mu Rwanda kubera impamvu zitandukanye.
28 December 2021 Yasuwe: 824 0
0 | ... | 8270 | 8280 | 8290 | 8300 | 8310 | 8320 | 8330 | 8340 | 8350 | ... | 23890