Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...
Leta ya Zimbabwe yasabye umuhanga mu gushushanya kubafasha kuba igishushanyo/urwibutso cya Bob Marley ku kibuga cy’umupira cya Rufaro i Harare, aho Marley yacurangiye mu 1980, igihe icyo gihugu...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Gashyantare,2018 nibwo mu gihugu cya Nigeria Polisi yataye muri yombi umugabo wigize umwunganizi mu nkiko (Avocat) aho yari mu rubanza rwo gufunguza umuntu mu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yasabye anakwa umukunzi we w’umunyarwandakazi witwa Umunyana Rehema [Remy]....
Ubumara bw’inzoka mu gihugu cy’U Bushinwa bukomeje gufatwa nk’umuti ukomeye mu buzima bwa benshi bazi banemera ko bugira uruhare rukomeye mu gutuma umugabo cyangwa se umugore yitwara neza mu gihe...