Lady Gaga yahagaritse ibitaramo 10 byari biteganyijwe kubera ku mugabane w’U Burayi muri byinshi yari ateganyije gukora ku isi akaba avuga ko byatewe n’’ububare burenze urugero yagize’.
Mu tangazo...
Umuririmbyi Mowzey Radio yashyinguwe uyu munsi ku wa Gatandatu tariki ya 03 Gashyantare, 2018 ku ivuko mu karere Wakiso.Asize abana batatu n’abagore babiri.Mowzey Radio, ni umugande, yabonye izuba...
Umuririmbyi Niyibikora Safi Madiba yahuye n’umukobwa wiyita Super Sexy ku mbuga nkoranyambaga bahuriye mu mujyi wa Kampala mu muhango wo guherekeza bwa nyuma Nyakwigenda Mowzey Radio watabarutse...
Umusifuzi witwa Tony Chapron wasifuraga umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bufaransa wahuje ikipe ya Nantes na Paris Saint-Germain akaza gukubita umugeri umukinnyi...
Intambara y’amagambo yongeye kubura hagati ya Diamond na Se dore ko uyu muhanzi aherutse no kwibasirwa n’umuvandimwe w’umugore we Zari umushinja kutita ku rugo rwe.
Mzee Abdul Juma ni se wa...
Umuhanzi Baby Cool agiye kujyanwa mu nkiko na mugenzi we Weasel. Ku wa 01 Gashyantare,2018 nibwo umuhanzi Radio yitabye Imana azize inkoni yakubitiwe mu kabari n’abantu bataramenyekana kugeza ubu...
Abayobozi muri Leta y’U Burusiya baratabaza ko inzige zishobora gutera ku bibuga by’umupira w’amaguru muri icyo gihugu bigatera ikibazo mu gihe hazaba hari kuba imikino y’igikombe cy’Isi.
Pyotr...