Mu mpera z’umwaka ushize wa 2017 nibwo Oda Paccy yaciye igikuba mu ikoma yikinze ku bibero no ku mabere, yahaye benshi intero no kumwigana bisa n’ibyakozwe n’abanyamideli bo muri Amerika nabo...
Umurimbyi akaba n’umunyamakuru Uncle Austin ari kumwe na Dj Pius bahishuye byinshi ku mubano bagiranye na Radio witabye Imana, banavuga ku bupfura bwamuranze mu myaka myinshi bamaranye ngo...
Hasigayiki Janvier w’imyaka 23, Tuyisenge Fulgence w’imyaka 18 na Nyandwi Jean Paul w’imyaka 24 bari mu maboko ya Polisi mu karere ka Muhanga, ho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye...
Umubyeyi w’umukuru w’igihugu wa mbere watowe n’abaturage mu Burundi yashinguwe kuri yu wa Kane tariki ya 01 Gashyantare, 2018. Umuhango wo kumuhereza bwa nyuma uwo mubyeyi uka wanitabiriwe n’umukuru...
Umugore witwa Chitoka Light w’imyaka 49 wo mu gihugu cya Georgia ari mu byishimo bikomeye byo kongera gukandagira nyuma y’imyaka igera kuri ine atabasha gukandagiza ikirenge.
Chitoka yakoresheje...
Ku wa 26 Mutarama uyu mwaka, Polisi mu karere ka Rulindo yafatiye mu modoka abagabo babiri bicariye urumogi nk’uburyo bwo kurukwirakwiza; bakaba barakoresheje aya mayeri bibwira ko nta wubatahura;...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Mutarama , abantu 6 baterewe muri yombi mu ubwo bari mu bikorwa byo kwangiza ishyamba rya Leta riherereye mu midugudu ya Kinama na Gitanga yo mu kagari ka...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Gashyantare,2018 nibwo umuririmbyi Moses Nakintije Sekibooga wamenyekanye mu itsinda rya Good Life nka Mozey Radio yitabye Imana nyuma yo gukubitwa...