Birakekwa ko Chinese Krait na Chinese Cobra, ari zo nzoka zateje icyorezo cya coonavirus kimaze guhitana batandatu mu Bushinwa. Iki cyorezo cyatangiriye mahitwa Wuhan ariko ubu kimaze gukwira...
Haruna Niyonzima wasubiye mu ikipe ya Yanga Africans SC yandikiyemo amateka, yatsinze igitego cye cya mbere muri iyi kipe kuva yava muri AS Kigali mu mukino bakinaga na Singida United urangira...
Umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr Charles Murigande, yavuze ko gutanga inguzanyo yo kwiga muri kaminuza hatitawe ku byiciro by’ubudehe ari ibintu abantu bakwiye...
Hamwe mu hakunze kubera ubukwe muri afrika y’epfo banze kwakira ubukwe bw’ababana bahuje igitsina, aho ni mu gihe icyo gihugu kiri muri bike byemerera abantu kubana bahuje...
Intanga z’abantu bapfuye ngo zishobora gukoreshwa, bigatuma haboneka umwana. Ibyo n’ibiheruka gutangazwa na Journal of Medical Ethics, aho bavuga ko ubwo ari bumwe mu buryo bwatuma haboneka ububiko...