skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Umubyeyi wa wa munyeshuri baraje hanze nyuma yo kubura amafaranga y’Ishuri yishimiye ko umwana we yemerewe...

Nyirangendahimana Leonia umubyeyi wa Diane Uwineza umunyeshuli wari wangiwe kwiga muri TTC ZAZA kubera kubura mafaranga y’ishuli ari mu byishimo bidasanzwe kubera ko umwana we yemerewe kwiga nyuma...
23 January 2020 Yasuwe: 6290 4

Burundi: Perezida Nkurunziza yagenewe imperekeza y’umurengera n’amazina y’icyubahiro

Inteko ishinga amategeko y’u Burundi yageneye Perezida Petero Nkurunziza ndetse na Melchior Ndadaye (utakiriho) imperekeza ya miliyari y’amafaranga y’Uburundi, umushahara wa buri kwezi ubuzima bwe...
22 January 2020 Yasuwe: 6938 1

Huddah Monroe ufite imiterere y’ikibuno idasanzwe ikunzwe n’abagabo muri Kenya yahishuye uburyo yari yarabaswe no kuba...

Umunyamideri w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga wo mu gihugu cya Kenya, Huddah Njoroge, uzwi nka Huddah Monroe, yatambukije ubutumwa ku mbuga akoresha butangaza abatari bacye ubwo yabahishuriraga...
22 January 2020 Yasuwe: 12979 1

Uwizeye Flavia witeguraga kurangiza Kaminuza Yitabye Imana azize urupfu rutunguranye

Uwari umunyeshuri muri Kaminuza yigisha ubukerarugendo, ubukungu n’ikoranabuhanga( University of Tourism and Business Studies) witwa Flavia Uwizeye yitabye Imana aguye mu...
22 January 2020 Yasuwe: 9679 1

Dr Vincent Biruta yasabye Leta ya Uganda kugira inama abaturage bayo

Inteko ishinga amategeko ya Uganda yasabye leta gutangaza ko abaturage ba Uganda bakwirinda kuza mu Rwanda muri gahunda zitandukanye kuko bahagera bakabarasa.
22 January 2020 Yasuwe: 4823 0

Abakurikiranwa cyane ku mbuga nkoranyambaga barashakishwa ngo babasambanye[AMAFOTO]

Abantu bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga buri munsi bashakishwa n’abantu batazi babemerera amafaranga menshi ngo babasambanye.
22 January 2020 Yasuwe: 6323 1

Muri Burkina Faso abaturage 36 bishwe,abenshi biciwe mu isoko

Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko abaturage 36 bishwe n’imitwe y’abitwaje intwaro mu gitero cy’iterabwoba mu ntara ya Sanmatenga mu majyaruguru y’igihugu.
22 January 2020 Yasuwe: 1006 0

Nyagatare:Ikibazo cy’amarozi cyafashe indi ntera

Akarere ka Nyagatare bamwe mu baturage bo mu murenge wa Katabagemu barasaba leta gukurikirana ikibazo cy’amarozi ari mu baturage ngo kuko kimaze gufata indi...
21 January 2020 Yasuwe: 4444 2

Ku myaka 17 gusa yegukanye igihembo cy’umuntu ufite umusatsi muremure kurusha abandi ku isi[AMAFOTO]

Nilanshi Patel ni Umuhindekazi ufite imya 17 y’amavuko. Ni we wambere ufite umusatsi muremure ku isi mu bari munsi y’imyaka 20 (Teenagers). Afite umusatsi ureshya na centimetero 190 amaze imyaka 11...
21 January 2020 Yasuwe: 6231 1

Mu Bushinwa hadutse icyorezo kidasanzwe kiri gukwirakwira vuba

Mu Bushinwa, umuntu wa kane yishwe na virus nshya iri gukwirakwira vuba muri iki guhugu, abategetsi bamaze kwemeza ko abantu bashobora kuyanduzanya.
21 January 2020 Yasuwe: 1491 0
0 | ... | 2780 | 2790 | 2800 | 2810 | 2820 | 2830 | 2840 | 2850 | 2860 | ... | 7410