Inteko ishinga amategeko ya Uganda yasabye leta gutangaza ko abaturage ba Uganda bakwirinda kuza mu Rwanda muri gahunda zitandukanye kuko bahagera bakabarasa.
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko abaturage 36 bishwe n’imitwe y’abitwaje intwaro mu gitero cy’iterabwoba mu ntara ya Sanmatenga mu majyaruguru y’igihugu.
Akarere ka Nyagatare bamwe mu baturage bo mu murenge wa Katabagemu barasaba leta gukurikirana ikibazo cy’amarozi ari mu baturage ngo kuko kimaze gufata indi...
Nilanshi Patel ni Umuhindekazi ufite imya 17 y’amavuko. Ni we wambere ufite umusatsi muremure ku isi mu bari munsi y’imyaka 20 (Teenagers). Afite umusatsi ureshya na centimetero 190 amaze imyaka 11...