Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager nyuma yo kwemerera abakinnyi ba Rayon Sports ikimasa bitewe n’ibyo bakoze umwaka ushize bagera muri 1/4 cy’imikino nyafurika ya CAF Confederations Cup, yemeje...
Mu mwaka wa 2014 nibwo Akiwacu Colombe yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda, Akiwacu Colombe, yatangaje byinshi ndetse anahishura ko hari umugabo washatse ko baryamana akamufasha mu mushinga...
Bruce Melodie umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, mu minsi ishize yerekeje muri Tanzania aho yagombaga gufatira amashusho y’indirimbo ye atifuje gutangaza.
Umuryango w’abibumbye (ONU) uburira ko mu gihe u Burundi bwitegura amatora ya Perezida yo mu mwaka utaha wa 2020, hari impungenge ko haba ubundi bwicanyi mu...
Umukuru w’igihugu cya Gabon, Perezida Ali Bongo Ondimba umaze iminsi agarukwaho cyane kubera uburwayi bwamuzahaje, kuri ubu yerekeje i London mu biruhuko aho azakomeza no kwisuzumishiriza...
Manny Pacquiao twese tuzi mu mukino w’iteramakofe, ni umwe mu bakunzwe cyane mu gihugu cye cy’amavuko cya Philippines. Uretse kuba icyamamare muri Boxing, uyu mugabo ni n’umunyapolitiki ukomeye muri...