skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ikipe ya Rayon Sports yagiranye amasezerano n’undi mufatanyabikorwa

Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
3 September 2019 Yasuwe: 5117 0

Umunyarwandakazi Peace Hoziyana nyuma yo kugawa n’abakemurampaka 3 Makeda nawe w’umunyarwandakazi yamurokoye mu buryo...

Umunyarwandakazi Peace Hoziyana yemerewe kujya muri 1/2 cy’irushanwa rya East Africa’s Got Talent nyuma yo kugawa n’abakemurampaka batatu ariko Makeda w’umunyarwanda akamurokora akamuha Golden Buzzer...
2 September 2019 Yasuwe: 6794 1

Abahanzi bafite impano nta bushobozi babimburiwe n’umuraperi w’umunyarwanda wigaragaje cyane muri East Africa’s Got Talent...

Label nshya izwi nka We Represent yashinzwe n’abanyarwanda baba hanze y’u Rwanda yatangiranye n’umuraperi uri mu irushanwa ry’impano ’East Africa’s Got Talent’ uzwi nka...
2 September 2019 Yasuwe: 1615 0

Huye:Imvura idasanzwe yishe inkoko zigera ku 1000[AMAFOTO]

Imvura yaraye iguye mu Karere ka Huye mu mudugudu wa Nyanza yangije byinshi birimo inkoko 1000 z’uwitwa Twizeyimana Vincent.
2 September 2019 Yasuwe: 2451 0

Irambona umaze imyaka myinshi mu ikipe ya Rayon Sports yahishuye byinshi byihariye muri iyi kipe birimo n’abakinnyi...

Irambona Eric wageze muri Rayon Sports mu mwaka wa 2012/2013,yavuze ko rutahizamu w’umunya – Ghana, Michael Sarpong iyo ari mu kibuga,aba yizeye ko isaha n’isaha bari bubone...
2 September 2019 Yasuwe: 3436 1

Ibaruwa yuzuyemo amagambo y’agahinda n’ishavu Eddy Kenzo yandikiye umugore we bari bamaze imyaka 5 babana watwawe...

Ni kenshi cyane uzasanga hari abagore barambirwa n’imico y’abagabo babo b’ibyamamare bagahitamo kwahukana burundu, ubu umuhanzi Eddy Kenzo yamaze kwandikira Ibaruwa umugore we bari bamaranya imyaka...
2 September 2019 Yasuwe: 5838 1

Ngeze wakiniye Amavubi akanayobora Atraco na Police FC yitabye Imana

Inkuru y’akababaro ibyutse ivugwa muri iki gitondo, n’iy’urupfu rwa Issa Ngeze wabaye umuyobozi mu makipe ya Atraco FC na Police FC ya hano mu Rwanda.
2 September 2019 Yasuwe: 2812 0

Myugariro mpuzamahanga w’umunyarwanda ntakitabiriye ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi

Myugariro mpuzamahanga w’umunyarwanda, Nirisirake Salomon ntakitabiriye ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi bitewe n’uko hari ibyo agitunganya n’ikipe ye nshya ya Pyunik FC yo muri...
2 September 2019 Yasuwe: 1406 0

Reba uburanga bwa Uwase Sangwa ugiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa rya Miss University Africa[AMAFOTO]

Amarushanwa ya Miss University akunze kubera mu gihugu cya Nigeria, aho hatoranwa abakobwa bagera kuri 50 muri Afurika yose bagahurira mu marushanwa y’ubwiza. Ubu Uwase Sangwa Odylle wabaye...
2 September 2019 Yasuwe: 3744 1

Ubukwe bwa Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda Mutesi Dorah na Muyango Dave bwabereye muri Amerika[AMAFOTO]

Mutesi Dorah umwe mu bakobwa b’ubwiza bambitswe ikamba rya Nyampinga w’iyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu 2010 usigaye aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Georgia, yamaze gukora ubukwe...
2 September 2019 Yasuwe: 2092 1
0 | ... | 3990 | 4000 | 4010 | 4020 | 4030 | 4040 | 4050 | 4060 | 4070 | ... | 7410