skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Abantu batandukanye babonye amashusho ya Kimenyi Yves yambaye ubusa bagiriye inama umukunzi we yo...

Bamwe mu bakobwa bagiriye inama Diane Keza uzwi nka Didy d’Or umukunzi wa Kimenyi ko niba amukunda by’ukuri yazamujyana kumusiramuza ngo kuko aricyo cyubahiro cye, naho ubundi ashobora kumwanduza...
17 April 2019 Yasuwe: 6485 1

Sabaho umunyarwanda wayoboraga uruganda rw’inzoga yiciwe muri Uganda arashwe

Ku wa mbere w’iki cyumweru, Umunyarwanda witwa Sabaho Lambert yarasiwe I Kisoro muri Uganda ubwo yatahaga muri Uganda.
17 April 2019 Yasuwe: 2110 0

Rutahizamu wa Rayon Sports ’Sarpong’ yeruye ahishura iby’urukundo ruvugwa hagati ye na Asinah Era kugeza naho amutura...

Hashize ukwezi havugwa amakuru y’urukundo ruri hagati ya rutahizamu wa Rayon Sports, Umunya-Ghana Michael Sarpong, ndetse n’umuhanzikazi uririmba injyana ya Dancehall Mukasine Asinah abenshi bazi...
16 April 2019 Yasuwe: 5872 0

Dore amananiza leta ya Uganda yashyizeho yatumye Filimi zivuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi ziterekanwa muri iki...

Kuri iyi nshuro ya 25 mu Rwanda hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi muw’1994, hari hateganyijwe ko mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda baba muri Uganda hazerekanwa filime zitandukanye zivuga kuri...
16 April 2019 Yasuwe: 3293 0

Kimenyi Yves wabaye iciro ry’imigani hose kubera amashusho ye yambaye ubusa yashyizwe hanze yatewe akanyabugabo n’umukunzi...

Didy dor, yahumurije ndetse anabwira umunyezamu wa APR FC Kimenyi Yves ko amukunda urudashira nyuma y’uko uyu musore abaye ikimenyabose kubera amashusho yasakaye kuri uyu wa Mbere yambaye ubusa...
16 April 2019 Yasuwe: 8178 2

Fresh Kid wa muhanzi w’umwana muri Uganda bategetse kureka umuziki cyangwa agafungwa umuherwe agiye kumurihira ishuri...

Umuherwe Sudhir Rupaleria ukomeye muri Uganda agiye kwishyurira ishuri umuraperi Fresh Kid wari ugiye gufungirwa gukora umuziki akiri muto.
16 April 2019 Yasuwe: 3412 0

Cardi B yatunguranye avuga ko adakumbuye umugabo we Offset ahubwo avuga uburyo igitsina cye aricyo akumbuye...

Umuraperikazi ukunzwe muri iyi minsi muri Amerika, Cardi B avuga ko mu by’ukuri adakumbuye cyane uwo bahoze bakundana, Offset ko akumbuye gusa igitsina...
16 April 2019 Yasuwe: 3716 0

Eric Senderi nyuma yo kumenya urupfu rw’agashinyaguro umubyeyi we yishwe muri Jenoside yagaragaje intimba byamuteye mu...

Umuhanzi Eric Senderi yagaragaje intimba, nyuma yo kumenya amakuru y’uko umubyeyi we yishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
16 April 2019 Yasuwe: 2330 5

Meghan umugore w’igikomangoma cy’Ubwongereza wavuze ko adashaka kuzabyazwa n’abaganga b’Abagabo agiye kubyarira mu...

Meghan Markle umugore w’igikomangoma cy’u Bwongereza, wavuze ko adashaka kuzabyazwa n’abaganga b’Abagabo ateganya kutazabyarira mu ibyariro ry’ibwami ahubwo we akaba yifuza kuzabyarira mu...
16 April 2019 Yasuwe: 4524 0

Huddah Monroe yatunguranye ashyira hanze amafoto yambaye ikariso gusa abaza impamvu abantu batajya bamubaza ku buzima bwe...

Umunyamidelikazi Huddah Monroe yashyize hanze amafoto yambaye ikariso n’isutiye arimo kubaza impamvu bamwe mu bantu batajya bamubaza ku buzima bwe ahubwo bakabibaza...
14 April 2019 Yasuwe: 7968 2
0 | ... | 5000 | 5010 | 5020 | 5030 | 5040 | 5050 | 5060 | 5070 | 5080 | ... | 7410