skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

#Kwibuka25:Ubuhamya bw’ubuzima busharira Munyeshoza yanyuzemo afite imyaka 16 aho yafungiwe mu buvumo nyuma akaza kwerekeza mu...

Munyanshoza benshi bamuzi nka Mibirizi kubera indirimbo yo kwibuka yaririmbiye Mibirizi agace yavukiyemo kuwa 25 Nzeri 1975, ahitwa i Kimbogo ahahoze ari Perefegitura ya Cyangugu ubu ni mu Ntara...
11 April 2019 Yasuwe: 2896 0

#Kwibuka25:Abafana ba APR FC boroje umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi[AMAFOTO]

Kuri uyu wa gatatu, abafana ba APR FC bibumbiye muri Fan Club ya Zone One boroje inka Nsengiyumva Edouard warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwo...
10 April 2019 Yasuwe: 1007 0

Minisitiri Busingye yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kutemera ko ibyo u Rwanda rumaze kugeraho bisubira...

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnson Busingye yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kutemera ko ibyo u Rwanda rumaze kugeraho bisubira inyuma ahubwo ko arirwo rukwiye gukora...
10 April 2019 Yasuwe: 315 0

Abaturage ba Uganda leta yabateguje Inzara

Umunyamabanga wa Leta ya Uganda muri Minisiteri y’ Ubuhinzi yaburiye abaturage b’ iki gihugu ko hari inzara ishobora gutera mu bice bitandukanye by’ iki gihugu asaba abacuruzi kugabanya ibyo...
10 April 2019 Yasuwe: 3094 0

Burundi:Bane bahoze mu gisirikare bashinjwa kugira uruhare mu iyicwa rya Ndadaye basubijwe mu Rukiko barinzwe mu buryo...

Mu gihugu cy’u Burundi abantu bane bahoze mu gisirikare ku rwego rwa ofisiye bashinjwa uruhare mu iyicwa rya Merchior Ndadaye bongeye kugezwa imbere y’ubutabera ku nshuro ya...
10 April 2019 Yasuwe: 3063 2

Perezida Felix Tshisekedi yibasiwe bikomeye n’abo mu ishyaka rya Joseph Kabila nyuma y’amagambo aherutse gutangariza muri...

Abo mu ishyaka rya Joseph Kabila rizwi nka FCC, bamaganye Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), Félix Tshisekedi nyuma yo gutangaza amagambo asebya ubutegetsi yasimbuye...
10 April 2019 Yasuwe: 1880 0

#Kwibuka25:Reba bimwe mu byaranze itariki ya 10 Mata 1994 birimo kuba harishwe abarwayi benshi

Nkuko CNLG, Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurwanya Jenoside dukesha aya makuru ibisobanura, iyi tariki ubwicanyi bwarakomeje mu buryo bukomeye, aho mu bice byinshi abatutsi bishwe mu buryo butagira...
10 April 2019 Yasuwe: 3065 1

Abakekwaho gushimutira muri Uganda wa Mukerarugendo w’Umunyamerika batawe muri yombi

Kuri uyu wa kabiri, Polisi ya Uganda yatangaje ko ikipe y’abasore bayo hari abo yataye muri yombi, mu gihe hagikomeje iperereza ryo gushaka abari bashimuse umukerarugendo w’Umunyamerika mu cyumweru...
10 April 2019 Yasuwe: 2950 0

Leta ya Uganda yasabye Perezida wa Amerika kwita ku bibazo bireba igihugu cye mbere yo kwivanga mu bya...

Umuvugizi wa Leta ya Uganda, yasabye Perezida wa Amerika kwita cyane ku bibazo bireba igihugu cye mbere yo kwivanga mu bya Uganda.
9 April 2019 Yasuwe: 6271 0

Umusore yatunguranye yica umuco w’iwabo ashakana n’umukecuru umukubye mu myaka[AMAFOTO]

Umunya Nigeria w’imyaka 29, witwa Jude Obi yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gushyingiranwa n’umukecuru w’imyaka 61 ukomoka muri USA, bahuriye kuri...
9 April 2019 Yasuwe: 5115 0
0 | ... | 5030 | 5040 | 5050 | 5060 | 5070 | 5080 | 5090 | 5100 | 5110 | ... | 7410