skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

#Kwibuka25: Dr Jose Chameleone na Ali Kiba bifatanyije n’abanyarwanda kwibuka abazize Jenoside yakorewe...

Umuhanzi Joseph Mayanja cyangwa se Jose Chameleone, yifatanyije n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 25 abazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 ndetse anabasabira iruhuko...
8 April 2019 Yasuwe: 1094 0

#Kwibuka25:Olivier Karekezi yatanze ubuhamya burebure avuga uburyo iyo ngo ataza kuba ari umukinnyi nawe atari kurokoka...

Olivier Karekezi wahoze ari rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakiniye kuva mu 2000 kugera mu 2013, ayikiniramo imikino 55 ayitsindira ibitego 24. akaba no mu bakinnyi...
8 April 2019 Yasuwe: 4014 0

Diamond ufite igitaramo i Kigali yanenzwe bikomeye uburyo yacyamamajemo mu gihe cy’icyunamo

Umuhanzi Diamond Platnumz ufite igitaramo ategerejwemo mu mezi ari imbere mu Rwanda, yatangaje ko ahanze amaso ukuza kwe muri iki gihugu, abwirwa ko yagakwiye kuba atanga ubutumwa bw’ihumure aho...
8 April 2019 Yasuwe: 4777 0

Nyarugenge:Abantu 24 batawe muri yombi ubwo bubakaga abandi bari kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Abantu 24 bafashwe n’inzego z’umutekano bari mu bikorwa byo kubaka inzu mu mudugudu wa Ganza mu kagali ka Kiyovu mu murenge wa Nyarugenge akarere ka Nyarugenge umujyi wa Kigali. Hari saa yine za...
7 April 2019 Yasuwe: 5819 1

Mwamini yatanze ubuhamya kubyo yakoze, avuga ko kuba barishe Abatutsi ari ikintu kibi bakoze kandi bicuza buri...

Umwe mu bahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba afungiye muri Gereza nkuru ya Kigali iri Mageragere witwa Nyirandegeya Mwamini yatanze ubuhamya kubyo yakoze, avuga ko kuba we na...
7 April 2019 Yasuwe: 4942 0

Uyu mwana w’imyaka 6 yahebwe nk’Intwali nyuma yo kuvuna inkoko akayijyana kwa muganga

Derec Lalchhanhima, umwana w’imyaka 6 mu gace ka Mizoran mu Buhinde yajyanye umushwi w’ inkoko kwa muganga nyuma yo kuwukomeretsa, ahabwa igihembo ku bw’umutima...
7 April 2019 Yasuwe: 5043 0

Icyo Tom Close avuga nyuma yo gutangwaho urugero rwiza na Madame Jeannette Kagame

Umuhanzi Tom Close uherutse kwemezwa n’inama y’Abaminisitiri ngo abe Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe gutanga Amaraso, Ishami rya Kigali (RCBT-Kigali) yasobanuye uko yakiriye akazi yahawe, byinshi ku...
7 April 2019 Yasuwe: 3565 0

Perezida w’Ubufaransa yifuje ko itariki ya 7 Mata mu Bufaransa yafatwa nk’itariki yo kwibuka Jenoside yakorewe...

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, agaragaza icyifuzo cy’uko itariki ya 7 Mata, mu Bufaransa yafatwa nk’itariki yo Kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi.
7 April 2019 Yasuwe: 1101 0

Mineduc yasubije ibaruwa yandikiwe na Kiliziya Gatolika yasabaga ko umunsi wo gutangira kw’Abanyeshuri mu gihembwe cya Kabiri...

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yasubije ibaruwa yandikiwe na Kiliziya Gatolika yasabaga ko umunsi wo gutangira kw’Abanyeshuri mu gihembwe cya Kabiri wakwigizwa inyuma bakazasubirayo kuwa...
6 April 2019 Yasuwe: 5756 1

Umukire wa mbere ku isi n’umugore we baciye agahigo ka gatanya ihenze cyane mu mateka y’isi[AMAFOTO]

Umuherwe wa mbere ku isi washinze urubuga rw’ubucuruzi bwo kuri interineti rwa Amazon n’umugore we MacKenzie bemeye gutandukana nk’abashakanye, mu masezerano ya gatanya ahenze cyane abayeho mu...
6 April 2019 Yasuwe: 3345 1
0 | ... | 5050 | 5060 | 5070 | 5080 | 5090 | 5100 | 5110 | 5120 | 5130 | ... | 7410