Umuhanzikazi w’icyamamare ku mugabane wa Amerika ndetse no ku isi yose muri rusange, Rihanna, yagaragaye mu myambaro idasanzwe yamugaragazaga imwe mu myanya y’ibanga y’umubiri we, abantu bamwibazaho...
Umunyamuziki Bob Wine uheruka gutorerwa kuba umudepite mu nteko nshingamategeko ya Uganda yatunguye abatari bake bitewe n’imyambarire yagaragayemo mu mpera z’icyumweru gishize yatumye benshi bavuga...
Abadepite biganjemo abagabo bo mu gihugu cya Iran bari mu mazi abira nyuma yo gusakara ku ifoto ibagaragaza bari kwifotoreza kuri Federica Mogherini, umugore ushinzwe ububanyi n’amahanga mu...
Umugabo w’Umwongereza witwa David Jeffers ku myaka 47 y’amavuko agiye kumara imyaka 10 mu gihome nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kurasa mu gitsina cy’umugore bari bararabye muri Hoteli bari...
Kuri uyu wa wa 6 Kanama 2017 nibwo Tiffah Dangote imfura ya Diamond na Zari yizihizaga isabukuru y’imyaka 2 y’amavuko, kuri uyu munsi udasanzwe Diamond n’umugore we Zari bateruye maze babwira umwana...