Ku itariki ya 30 mu mujyi wa Los Angeles, muri leta ya California habereye imyiyerekoyo kwishimira urubuto rwa Watermelon, ikaba ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’imyitwarire y’abitabiriye iki...
Mukasine Asinah uzwi nka Asinah Era yatangaje ko imyambarire ikunze kumuranga kenshi ntivugweho rumwe na bose, kuri we ntacyo iba imutwaye ahubwo yikoma itangazamakuru kuba mu bambere bamunenga....
Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2:...
Muhammad al-Maghrabi, w’imyaka 41 y’amavuko, wo mu gihugu cya Yemen yarasiwe ku karubanda hifashishijwe imbunda ya Mashinigani [machine gun] bitewe n’icyaha cya bunyamaswa yakoreye ku mwana w’imyaka...
Mu gihugu cya Brazil, Umugabo witwa Rodrigo n’umugore we Glauce bakoze ubukwe bw’agatangaza bashyingiranwa imbere y’Imana muri Stade ya Arena das Dunas, iyi ikaba ariyo stade Luis Suarez yarumiyemo...