skol
fortebet

Umuziki

Burna Boy yasubije uwari umukunzi we wamushinje kutabyara no kutamushimisha mu gutera akabariro

Umuhanzi wo muri Nigeria, Burna Boy, yemeye ko adashobora kubyara abana nyuma yo kubishinjwa (...)

Jennifer Lopez na Ben Affleck ntabwo babana mu nzu kandi baheruka gushyingiranwa

Nyuma y’ibyumweru hafi bibiri by’ubuzima bw’ubuki, abafana benshi barabaza bati: Umubano wa (...)

Kenny Sol yabwiye amagambo akomeye abategura ibitaramo bakomeje gusuzugura abahanzi bikabije

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda ntiyaririmbye mu gitaramo Rwanda (...)

Diamond Platnumz yahishuye impamvu yahisemo kugura indege ye bwite

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakunzwe muri Afurika, yahishuye ko yahisemo kugura (...)

Umubyeyi wa Esther na Ezekiel arishimira imyaka 7 amaze mu rukundo n’umugore mugenzi we

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana muri Uganda akaba n’umubyeyi wa Ezekiel na (...)

B Threy yahawe umutsima uriho ibirango by’igihingwa gisa n’Urumogi [AMAFOTO]

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ni bwo umuraperi Miheto Bertrand,uzwi nka B Threy yakoze (...)

Yvan Buravan yagiye kwivuriza muri Kenya indwara abaganga bo mu Rwanda babuze

Burabyo Dushime Yvan wamamaye mu muziki nka Yvan Biravan, yerekeje mu gihugu cya Kenya aho (...)

Jennifer Lopez n’umukunzi we Ben Affleck bashyize hanze amafoto y’ubukwe bwabo bwabaye mu ibanga

Umuhanzikazi Jennifer "JLo" Lopez yemeje ko yashakanye na Ben Affleck, kabuhariwe mu gukina (...)

Skol yashyizeho irushanwa ry’abaririmbyi rizahemba uwahize abandi gukorera indirimbo muri Nigeria

Skol yatangije ku mugaragaro andi marushanwa yitezweho guha amahirwe abafite impano yo (...)

Paul Okoye [Rudeboy] yajyanwe mu nkiko n’umugore we umushinja gusambanya umukozi wabo wo mu rugo

Umuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rudeboy wo mu itsinda rya P-Square,yajyanwe mu nkiko n’umugore we, (...)

Umuhanzi R. Kelly yakatiwe gufungwa imyaka 30

Umuririmbyi w’Umunyamerika R. Kelly yakatiwe gufungwa imyaka 30 kubera gukoresha ubwamamare bwe (...)

Youssoupha yahagaritse igitaramo yari afite i Kigali kubera ubusabe bw’Abakongomani

Umuraperi w’Umufaransa ariko ufite inkomoko muri RD Congo, Youssoupha, yahagaritse igitaramo (...)

Burna Boy yashatse gutwara umugore w’abandi bitera akavuyo karasiwemo abantu

Polisi ya Lagos yafunze abapolisi batanu bari kumwe n’umuririmbyi, Damini Ogulu, uzwi ku izina (...)

Shakira yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gutandukana n’umukunzi we Pique

Umuhanzikazi shakira waherukaga gutandukana n’umukunzi we Pique bari bamaranye imyaka 11,yongeye (...)

Umuhanzikazi Shakira yemeje ko yatandukanye n’umukunzi we Pique

Umuhanzikazi Shakira wo muri Colombia w’imyaka 45, yemeje ko atakiri kumwe n’umukinnyi w’umupira (...)

0 | ... | 150 | 165 | 180 | 195 | 210 | 225 | 240 | 255 | 270 | ... | 495