skol
fortebet

Mu mahanga

Madamu Fernandez wayoboye Argentine, mu rukiko ashinjwa ruswa

Cristina Fernandez wayoboye Argentine imyaka umunani, yagejejwe imbere y’ubutabera kuri uyu wa (...)

Amerika: Umunyarwanda w’ imyaka 19 wavukiye ku Muhima, amaze imyaka 2 atwara indege

Umunyarwanda witwa Mugisha Kamana Jean-Marie Consolateur, ubu ufite imyaka 19 avuga ko (...)

Abanyarwanda babiri baburanishijwe na TPIR bakiriwe na Ghana

Dr Bizimungu, wigeze kuba Ministri w’ubuzima na Ministiri w’ububanyi n’amahanga, wahanaguweho (...)

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya yarohamye mu nyanja

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya yarohamye mu nyanja y’umukara ubwo yari itwaye abagenzi 92 (...)

‘Kuririmba ngo wagize Noheli hari umuturanyi wishwe n’ inzara ntabwo byaba ari byiza’ Madamu wa Perezida Nkurunziza

Umufasha wa Perezida w’ u Burundi arasaba Abantu kubabarirana. Ikindi ngo muri iyi minsi mikuru (...)

Perezida Kabila yahawe umwaka umwe wo gutegeka

Ibiro ntaramakuru by’ abongereza Reuters byatangaje ko abanyapolitiki bo muri Repubulika (...)

Perezida Trump yahisemo ko umugore wamubaye hafi yiyamamaza amubera umujyanama

Komisiyo y’inzibacyuho ishinzwe gutegura Donald Trump kwinjira muri Perezidansi y’Amerika bavuga (...)

Kaminuza ya Makerere igiye kongera gufungura imiryango

Ubuyobozi bwa kaminuza ya Makerere muri Uganda bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro bumaze iminsi (...)

Mexique: Ibiturika byahitanye 29, abagera kuri 72 barakomereka

Iturika ridasanzwe ryabere mu majyaruguru y’igihugu cya Mexique kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016, (...)

Uganda:Brig. Gen. Leopold wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yirukanywe

Brig. Gen. Leopold Kyanda wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka mu gisirikare cya (...)

Perezida Maghufuli yirukanye mu kazi uwatangaje ko muri Tanzania hari icyorezo cya Zika

Perezida wa Tanzania John Pombe Maghufuli yirukanye mu kazi Dr Mwele Malecela, watangaje ko (...)

Turikiya: Igitero cyagabwe kuri bisi yarimo abasikare cyahitanye benshi

Igisirikare cya Turukiya kiravuga ko imodoka ikekwa gutwara igisasu cya bombe yishe abasirikare (...)

’Nahaye gasopo Putin mubuza kwiba amajwi’ Perezida Obama

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yatangaje ko yari yasabye Perezida w’u (...)

Abanyarwanda 41 bari muri Uganda binyuranyije n’ amategeko bagaruwe ku ngufu

Leta ya Uganda bwagaruye mu Rwanda Abanyarwanda 41 bafatiwe mu Ntara ya Kabale, nyuma yo kujya (...)

Uwashakaga kwica Perezida Donald Trump yakatiye umwaka 1

Umusore washakaga kwica, Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora, Leta zunze ubumwe za Amerika (...)

0 | ... | 1440 | 1455 | 1470 | 1485 | 1500 | 1515 | 1530 | 1545 | 1560 | 1575