skol
fortebet

Politiki

Hamenyekanye igihe amatora ya Perezida n’ay’abadepite azabera mu Rwanda

Amatora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda n’ay’Abadepite 53 byemejwe ko azaba tariki 15 (...)

Makolo yabajije umunyamabanga wa UN igikurikira amagambo mabi ya Tshisekedi kuri Kagame

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amagambo ya Tshisekedi yibasira (...)

Perezida Kagame yavuze icyo yateguriye abuzukuru be mu minsi mikuru isoza umwaka

Perezida Kagame yavuze ko mu minsi mikuru isoza umwaka igiye kuza,azaba ari kumwe n’umuryango (...)

Green Party yemeza ko nta murwanashyaka wayo ugihohoterwa kandi ko bazakomeza guharanira impinduka

Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) akaba n’umudepite mu nteko (...)

Uko amatora ari kugenda mu turere:Uwari Meya w’agateganyo wa Rutsiro yambutse atorerwa kuyobora Rubavu

Uturere 11 muri 30 tw’igihugu, twaramukiye mu matora yo kuzuza imyanya y’ubuyobozi bwatwo. Muri (...)

Uturere 9 turimo n’aka Rubavu kamaze iminsi turarara tubonye abayobozi bashya

Uturere tune mu Ntara y’Iburengerazuba hamwe na tune mu Ntara y’Amajyaruguru n’Akarere ka (...)

Itegeko rishya UK yasinye n’u Rwanda rishobora kugera ku ntego? Ni iki gishobora kuryitambika?

Inzobere mu mategeko zagize uruhare mu rubanza ku Rwanda – cyangwa zashyigikiye ikirego kuri (...)

Leta yakuyeho amafaranga yakwaga kuri serivisi 10 zirimo izerekeye ubutaka

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakuyeho amafaranga yakwaga kuri serivisi 10 (...)

Ubwongereza bwiyemeje kwihutisha cyane gahunda yo kuzana abimukira mu Rwanda

Minisitiri w’Ubutegetsi wa UK,James Cleverly, yavuze ko Ubwongereza bugomba noneho "kugira (...)

Amasezerano Mashya Ku Bimukira yasinywe agamije kongerera imbaraga Ayayabanjirije

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda na mugenzi we ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza (...)

Abimukira :’Ni uwuhe mwenda u Rwanda rufitiye Ubwongereza’?

Uyu munsi nyuma y’iminsi 20 Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rutegetse ko umugambi wa leta (...)

UPDATE:Minisitiri w’ubutegetsi wa UK yageze mu Rwanda gusinya amasezerano ku bimukira

James Cleverly ni Minisitiri wa gatatu w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza yageze mu Rwanda (...)

Lt Gen (rtd) Charles Kayonga yabonye imirimo mishya

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 29 Ugushyingo iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr (...)

Kibeho: Ibihumbi bisaga 18 by’aba Kirisitu bazindukiye kwizihiza isabukuru y’amabonekerwa

Abantu babarirwa hagati y’ibihumbi 18 na 20, muri iri joro ryo ku wa 27 Ugushyingo 2023 (...)

Bugesera: Ubuyobozi bugiye guhagurukira abana bato bakora uburaya biyise ’sunika simbabara’

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bugiye gukurikirana ikibazo cy’abana bari hagati (...)

0 | ... | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | 180 | ... | 1920