skol
fortebet

Imikino

Yaya Toure wafashwe atwaye imodoka yasinze ngo yanyweye inzoga agira ngo ni Coca

Umunya Cote d’Ivoire ukinira ikipe Manchester City, nyuma yo gufatwa itwaye imodoka yasinze, we (...)

Impinduka ku mukino APR FC yagombaga gusuramo Pepiniere

Kuri uyu wa gatatu hari hategenyijwe umukino wa shampiyona w’ikirarane utarakiniwe, APR FC (...)

Onesme na Thierry mu nzira zerekeza muri Maroc

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Manzi Thierry na rutahizamu wa APR FC Twizerimana Onesme, (...)

Cedric afashije Rayon Sports kunyagira Esperance 7 ku busa

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, rayon Sports yakinaga umukino wa gishuti n’ikipe (...)

Ngandu Omar yakuyeho urujijo kubibazaga niba ari Umunyarwanda cyangwa Umurundi

Myugariro w’ikipe ya APR FC, Ngandu yakuye urujijo mubibaza k’ ubwenegihugu bwe avuga ko ari (...)

Amagambo Cristiano yatangaje nyuma yo gutwara Ballon d’Or yateye urujijo

Nyuma wo kwegukana Ballon d’Or itangwa na France Football, Cristiano Ronaldo yatangaje ko mu (...)

"Dufite imvune nyinshi ariko njye mbifata nk’amahirwe kubandi bakinnyi ngo bigaragaze." Jimmy Mulisa

Umutoza w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa aratangaza ko nubwo muri iyi minsi ikipe ye yugarijwe (...)

Ese koko abakinnyi b’ikipe ya Gicumbi bitahiye n’igice cya shampiyona kitarangiye?

Ku mugoroba wo kuri uyu kuwa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, nibwo amakuru yakwirakwiye ko (...)

Police FC yirukanye abakinnyi batatu bazira kwitwara nabi

Ikipe ya Police FC yatangaje ko yasezereye abakinnyi babiri bakina inyuma aribo Hertier (...)

Cristiano Ronaldo ahigitse Messi na Suarez yegukana Ballon d’Or adahari

Umunya Portugal ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, Cristiano Ronaldo niwe wegukanye (...)

Umukinnyi wa Arsenal ngenderwaho yatangaje ko azongera amasezerano ari uko Wenger asezeye

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Chile ukinira ikipe ya Arsenal, Alexis Sanchez yatangaje ko (...)

UCL: Tombora ya 1/8 isize Arsenal izahura na Bayern Munich, FC Barcelona Na PSG, tombora yose hano

Kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, saa 13:00’ za hano mu Rwanda na saa 11:00’ ku isaha (...)

Breaking News: Mugiraneza Jean Baptiste Migi yamaze gusezererwa muri Azam FC

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda wakiniraga ikipe ya Azam FC yamaze guserezwa n’ubuyobozi (...)

Abakinnyi ba Sunrise bagaragaje impamvu nyinshi zituma batsindwa

Abakinnyi ba Sunrise baratangaza ko kuba batarimo kwitwara neza muri iyi minsi bituruka ku (...)

Rusheshangoga yatumye umutoza we Jimmy Mulisa ananirwa guhisha amarangamutima ye

Rusheshangoga Michel, nyuma y’igitego yatsinze Sunrise ku munota wa nyuma, ndetse bitewe naho (...)

0 | ... | 11415 | 11430 | 11445 | 11460 | 11475 | 11490 | 11505 | 11520 | 11535 | 11550