skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Umunyeshuri yishe mugenzi we amuziza ko yanze ko basambana

Polisi yo mu gihugu cya Kenya ikorera mu gace ka Naivasha yatangaje ko yataye muri yombi umunyeshuri w’umuhungu w’imyaka 17 y’amavuko wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye wishe mugenzi we...
1 December 2019 Yasuwe: 2089 1

Akavure bivugwa ko Yesu/Yezu yavukiyemo kagiye gusubizwa i Betelehemu

Papa Francis yategetse ko ibice by’akavure bivugwa ko ariko Yesu/Yezu yavukiyemo bigiye gusubizwa I Betelehemu nyuma y’imyaka igera ku 1400 bibitswe ku mugabane w’Uburayi I...
1 December 2019 Yasuwe: 868 1

Umuhanzi wo muri Kenya yatomaguye Wema Sepetu bizamura amarangamutima ya benshi

Umuhanzi wamamaye nka Nviiri the Storyteller mu gihugu cya Kenya ukorera umuziki we mu nzu ya Sol Generation records yavuze ibisingizo bidasanzwe kuri Wema Sepetu amusaba...
29 November 2019 Yasuwe: 2364 0

Umunyana uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Supra Chat Igisigo cya Mama we yatanze nk’igisubizo...

Muri kimwe mu byiciro bigize irushanwa ry’ubwiza rya Miss Supranational cya Supra chat Umunnyana Shanitah uhagarariye u Rwanda yasubijemo ikibazo agisubiza asingiza Mama we birangira umukobwa wo...
29 November 2019 Yasuwe: 1575 0

Mama wa Diamond yataye umugabo we ajya kubana na Tanasha

Sanura Kasimu bakunda kwita Sandra Dangote umubyeyi w’umuhanzi Diamond Platnumz yagiye kubana n’umukazana we Tanasha Donna kugirango abashe kwita ku mwuzukuru we Junior...
29 November 2019 Yasuwe: 3781 0

Christina yacunze umugabo we adahari yica umwana we aramuteka maze aramurya

Njombe mu gihugu cya Tanzaniya umugore witwa Christina Mlelwa yacunze umugabo adahari, yica umwana we, aramuteka aramurya.
29 November 2019 Yasuwe: 14898 3

Umunyezamu wa APR FC ’Rwabugiri Omar’ yahishuye uburyo abakinnyi bakunda abakobwa n’impamvu

Umunyezamu ukomeye mu Rwanda ukinira ikipe ya APR FC yahamije urukundo abakinnyi muri rusange bagirira abakobwa anavuga ku ruhare rwabo mu kudindira kw’umwuga.
29 November 2019 Yasuwe: 3247 1

Nyuma yo kumenyanira muri Groupe ya Facebook bakoze ubukwe bw’igitangaza

Umusore n’umukobwa bo mugihugu cya Nigeria ubu bari mu munezero udasanzwe bishimira ko babaye umwe, nyuma y’amezi 6 bahujwe na facebook.
29 November 2019 Yasuwe: 1811 0

Byafashe amasegonda 30 gusa kugira ngo uyu mwana ahindurirwe ubuzima busharira yaramazemo imyaka 12[AMAFOTO]

Byafashe amasegonda 30 gusa ahita ahindurirwa ubuzima bushaririye yari amaze imyaka 12 abamo,ubu ni umuririmbyi ukomeye, ni nawe wabaye uwa mbere mu gihugu hose mu kizamini gisoza amashuri...
29 November 2019 Yasuwe: 5787 0

Abakozi 4 b’Umuryango w’Abibumbye biciwe muri Congo

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS ryatangaje ko kuri uyu wa 28 Ugushyngo 2019 abakozi baryo bane biciwe mu bitero bibiri byagabwe ku bigo by’abashinzwe kurwanya Ebola mu...
29 November 2019 Yasuwe: 1795 0
0 | ... | 3230 | 3240 | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | ... | 7410