Polisi yo mu gihugu cya Kenya ikorera mu gace ka Naivasha yatangaje ko yataye muri yombi umunyeshuri w’umuhungu w’imyaka 17 y’amavuko wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye wishe mugenzi we...
Papa Francis yategetse ko ibice by’akavure bivugwa ko ariko Yesu/Yezu yavukiyemo bigiye gusubizwa I Betelehemu nyuma y’imyaka igera ku 1400 bibitswe ku mugabane w’Uburayi I...
Umuhanzi wamamaye nka Nviiri the Storyteller mu gihugu cya Kenya ukorera umuziki we mu nzu ya Sol Generation records yavuze ibisingizo bidasanzwe kuri Wema Sepetu amusaba...
Muri kimwe mu byiciro bigize irushanwa ry’ubwiza rya Miss Supranational cya Supra chat Umunnyana Shanitah uhagarariye u Rwanda yasubijemo ikibazo agisubiza asingiza Mama we birangira umukobwa wo...
Umunyezamu ukomeye mu Rwanda ukinira ikipe ya APR FC yahamije urukundo abakinnyi muri rusange bagirira abakobwa anavuga ku ruhare rwabo mu kudindira kw’umwuga.
Byafashe amasegonda 30 gusa ahita ahindurirwa ubuzima bushaririye yari amaze imyaka 12 abamo,ubu ni umuririmbyi ukomeye, ni nawe wabaye uwa mbere mu gihugu hose mu kizamini gisoza amashuri...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS ryatangaje ko kuri uyu wa 28 Ugushyngo 2019 abakozi baryo bane biciwe mu bitero bibiri byagabwe ku bigo by’abashinzwe kurwanya Ebola mu...