Abaganga bo mu Buhinde bakuye mu murwayi impyiko (amafyigo mu Kirundi) ipima 7.4kg - ni uburemere nk’ubw’abana babiri b’impinja bakivuka ubashyize hamwe.
Hashize umwaka umwe gusa n’iminsi 2 umuhanzi wo mu itsinda rya Urban boys ashyingiranywe n’umugore we Army Blauman ndetse ubu bakaba bamaze kwibaruka umwana umwe...
Meddie Kagere ukinira ikipe ya Simba yo muri Tanzania, ari ku rutonde rw’abakinnyi 20 bahatanira igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu marushanwa ya CAF (CAF Champions League na CAF Confederation...
Nyuma y’imyigaragambyo abaturage bo mu mujyi wa Beni babyukiyemo mu gitondo cy’ejo kuwa 25 Ugushyingo 2019 basaba ko ingabo za MONUSCO ziva muri DR Congo mu gihe kitarenze amasaha 42 ndetse...
Ikipe ya APR Fc yahagurutse i Kigali kuri uyu wa Mbere, yerekeza mu karere ka Nyagatare kwitegura umukino w’umunsi wa cumi wa Shampiyona y’u Rwanda 2019-20.
Umukecuru witwa Mukakinani Véronique wari utuye i Nyanza mu ntara y’Amajyepfo wari uzwiho kuba ari mu bakuze cyane mu Rwanda yitabye Imana afite imyaka...