Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingengo y’imari iteganyijwe kuzakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025 ari miliyari 5690.1 Frw, akaba yariyongereyeho miliyari 574.5 Frw...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ruzinduko ari kugirira muri iki gihugu.
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagereranyije Joe Biden wamusimbuye ku butegetsi n’umunyagitugu Adolf Hitler wayoboye u Budage kuva mu 1933 kugeza mu...
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana uburyo Umujyi wa Kigali wateguye ibikorwa byo gusana no kubungabunga imihanda...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuye i Burayi adasoje uruzinduko yari amaze iminsi ahagirira nyuma y’igitero cyahitanye impunzi zahungiye mu nkambi...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi, yavuze ko ategereje kuri Fridolin Cardinal Ambongo gihamya y’uko guverinoma ya Kongo ishyigikiye umutwe wa FDLR nk’uko ngo akunda...
Abayobozi b’ingabo zo mu ntara ya Amhara muri Ethiopia bashinje ubuyobozi bwo mu baturanyi ba Tigray "kuvuza ingoma y’intambara" kubera gahunda yo gusubiza ibihumbi amagana by’Abanya Tigray mu...