Perezida Joe Biden na Donald Trump, bazahangana mu matora yo kw’itariki ya 5 y’ukwa 11 gutaha, bemeranyije ko bazagirana impaka mu ruhame inshuro ebyiri.
Intandaro y’iki cyemezo, nk’uko ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky byabitangaje ku mbuga nkoranyambaga, ni uburyo abasirikare b’Uburusiya barimo batera imbere ku rugamba mu karere ka Kharkiv, mu...
Umuvugizi wa leta ya Kinshasa waraye ageze i Goma mu ijoro ryo kuwa kabiri yasabye abaturage ba Goma “kuza ari benshi bambaye imyenda y’umukara” mu muhango wo gushyingura kuri uyu wa gatatu impunzi...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abakozi babiri bo mu Murenge wa Shyira, mu Karere ka Nyabihu, rubakurikiranyeho icyaha cyo gusaba indonke no kumena ibanga...
Umwe mu batangabuhamya yabwiye urukiko rwa rubanda I Buruseli mu Bubirigi ko hari umuvandimwe wa Nkunduwimye Emmanuel wamugezeho amuha ruswa kugirango azamushinjure musaza...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye drones nshya zo mu bwoko bwa CH-4 zisimbura izo cyari cyaraguze mu mwaka ushize zigahanurwa na...
Abanyamerika baritegura amatora y’umukuru w’igihugu mu kwezi kwa 11 gutaha. Bazahitamo hagati ya Perezida Joe Biden n’uwo yasimbuye mu 2021 Donald Trump. Mu kwiyamamaza kw’aba bakandida bombi, ntaho...