Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa nyuma mu karere k’ibiyaga bigari.
Ingabo z’Uburusiya zinjiye mu kigo gicumbitswemo n’abasirikare ba Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Nijeri. Umwe mu bayobozi bakuru mu ngabo z’Amerika yabitangarije ibiro ntaramakuru by’Abongereza,...
Bamwe mu badepite bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bakoze umushinga w’itegeko, aho kuvuga ko Yezu Kirisitu yishwe n’Abayahudi bizaba bigize icyaha cyo kwanga no kwibasira...
Imikino ya nyuma y’amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup izakinwa mu mpera z’iki cyumweru kuva tariki ya 4-5 Gicurasi 2024 ku bibuga byo mu Karere ka Rubavu mu gihe Akarere ka Musanze kazakira imikino...
Perezida William Ruto wa Kenya yazamuye Charles Muriu Kahariri ku ipeti rya jenerali anamugira umugaba w’ingabo za Kenya, asimbura uwapfuye mu kwezi gushize mu mpanuka ya kajugujugu ya...