U Budage bwahamagaje by’agateganyo ambasaderi wabwo i Moscou nyuma y’uko abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi bagabweho igitero mu cyo Berlin yavuze ko ari igitero cy’ikoranabuhanga cyatewe inkunga...
Polisi y’u Rwanda yavuze ko yatangiye gukurikirana Dosiye ya SP Musonera Eugene Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza, ku byaha akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.
Umuvugizi wa...
Abagera kuri 7500 babarizwa mu Rubyiruko rw’Abakorerabushake baturutse mu turere twose tw’Igihugu bahuriye muri BK Arena, kuri uyu wa Kabiri, aho bari kwizihiza imyaka 10 ibikorwa byarwo...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingengo y’imari iteganyijwe kuzakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025 ari miliyari 5690.1 Frw, akaba yariyongereyeho miliyari 574.5 Frw...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ruzinduko ari kugirira muri iki gihugu.
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagereranyije Joe Biden wamusimbuye ku butegetsi n’umunyagitugu Adolf Hitler wayoboye u Budage kuva mu 1933 kugeza mu...
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana uburyo Umujyi wa Kigali wateguye ibikorwa byo gusana no kubungabunga imihanda...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuye i Burayi adasoje uruzinduko yari amaze iminsi ahagirira nyuma y’igitero cyahitanye impunzi zahungiye mu nkambi...