skol
fortebet

Ubuzima

Anne Rwigara wamenyekanye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yahitanwe n’uburwayi

Anne Rwigara, umwe mu bana b’uwahoze ari umucuruzi ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara, yapfuye (...)

Abimuwe mu nzu z’ahazwi nko kwa Dubai basabye ikintu gikomeye Umujyi wa Kigali

Abasabwe kwimuka mu nzu z’ahazwi nko kwa Dubai barasaba Umujyi wa Kigali kuzibasubiza (...)

Umujyi wa Kigali wakoze impinduka nshya mu koroshya ingendo zijya mu ntara

Umujyi wa Kigali washyizeho ahantu hihariye hazategerwa imodoka n’abagenzi bagana mu ntara mu (...)

Uturere 10 duhiga utundi mu kugira abantu benshi batakandagiye mu ishuri

Imibare yavuye mu ibarura rusange rya 2022 igaragaza ko abantu 16.7%, mu bantu bafite kuva ku (...)

Ngoma: Perezida Kagame yagabiye inka umuryango wabyaye abana 3 icyarimwe bakabura ikibatunga

Umuryango wa MUTUNGIREHE Anastase uherutse kwibaruka impanga 3 z’abakobwa,wagabiwe inka (...)

Perezida Museveni yahishuye impamvu azajya mu ijuru byoroshye

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda avuga ko amahirwe ye yo kujya mu Ijuru ari menshi, (...)

Ibyo wamenya ku ruganda rwa BioNTech rwaje muri afurika bwa mbere ruhereye mu Rwanda

Perezida Paul Kagame n’abandi banyacyubahiro benshi,kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza (...)

Ibyo wamenya ku kuva amaraso mu ishinya

Kuva amaraso mu ishinya ni ikintu gikunze kubaho ku bantu benshi cyane cyane mu gihe boza (...)

Kigali: Haratangizwa gahunda yo gukoresha Bisi zikoresha amashanyarazi mu gutwara abagenzi

Kuri uyu wa Mbere,tariki ya 11 Ukuboza, mu Mujyi wa Kigali haratangizwa gahunda yo gutwara (...)

Buri minota 2 umugore apfa azize gutwita no kubyara ku isi-UN

Raporo y’Umuryango w’Abibumbye (UN) yakozwe mu 2023, igaragaza ko buri minota 2 hapfa umugore (...)

Menya impamvu umubiri wawe ukeneye ko urya Umuceri

Umuceri ni ikiribwa gifite inkomoko mu bihugu byo muri Aziya nk’Ubushinwa n’Ubuhinde, kuri ubu (...)

Dr Iyamuremye yahishuye ikintu cyiza Twagiramungu wapfuye yakoze

Uwahoze ari Perezida wa Sena y’u Rwanda,Dr Iyamuremye Augustin, yavuze ko n’ubwo atemeranyaga na (...)

Tito Rutaremara yavuze ku rupfu rwa Twagiramungu bahuriye muri Politiki

Inararibonye muri Politiki y’u Rwanda,Tito Rutaremara yavuze ko nta muntu yakwifuriza gupfa,yewe (...)

Raporo ya Minisante yemeje intambwe yatewe mu kurwanya virusi itera SIDA mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), iratangaza ko mu mwaka wa 2030 nta murwayi wa Sida uzaba (...)

MINISANTE yafunze amavuriro umunani yakoraga mu buryo burimo na gakondo

Kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ukuboza 2023,Ministeri y’ubuzima yafunze amavuriro 8, azira (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1845